Umugore yapfuye nyuma yo gutera akabariro ijoro ryose n'umusore w'ibigango

Umugore yapfuye nyuma yo gutera akabariro ijoro ryose n'umusore w'ibigango

Feb 06,2022

Alice Wasike, Umugore wo muri Kenya bamusanze yitabye Imana iruhande rwe haryamye umugabo wataye ubwenge bikekwa ko yazize gutera akabariro ijoro ryose kugeza ashizemo umwuka.

 

Birakekwa ko yapfuye nyuma yo kumara ijoro ryose mu gikorwa cy’imibonano kubera ko nta bikomere bigaragara ku mubiri we ndetse n’umuntu ukekwaho icyaha amaze kubona ko yapfuye yahise agwa muri koma.

 

Abashinzwe kubahiriza amategeko baracyagerageza kwerekana uburyo umugabo wa kabiri yisanze hejuru ya nyakwigendera. ‘

Kigali: Abantu bumiwe bumvise uko umukobwa abara inkuru y'ukuntu umusore yamuryohereje - UMVA IJWI

Kigali: Abantu bumiwe bumvise uko umukobwa abara inkuru y'ukuntu umusore yamuryohereje - UMVA IJWI

 

Umuyobozi wa polisi mu gace ka Kisauni, Juma Fondo, yatangaje ko urupfu rwa Wasike rufatwa nk’urupfu rutunguranye kuko nta kimenyetso cy’igikomere cyabonetse ku mubiri we cyerekana ko ari yishwe.

 

Nubwo bimeze bityo ariko, iperereza kuri iki kibazo rimaze gutangira guhiga kugirango hamenyekane icyateye uyu mugore gupfa.