Pakistan nayo yafatiye ibihano by'ubukungu igihugu cy'Uburusiya inatangaza ko ideni yari ibubereyemo bihwaniyemo

Pakistan nayo yafatiye ibihano by'ubukungu igihugu cy'Uburusiya inatangaza ko ideni yari ibubereyemo bihwaniyemo

Mar 04,2022

Pakistan yabaye kimwe mu bihugu byashyizeho ibihano ku Burusiya kubera ibitero yagabye kuri Ukrain, ibi bihano byafashwe hagamijwe kwamagana igitero yagabye kuri Ukraine.

 

Mu mboni yabo, ibi bihano niyo ntwaro ikomeye kuri ibi bihugu byo mu Burengerazuba, dore ko bivugwa ko ibihugu byinshi by’iburengerazuba harimo n’Amerika byafatiye ibihano by’ubukungu Uburusiya kubera gutera Ukraine.

Icyakora, igihugu cya Pakistan cyinjiye mu bihugu by’iburengerazuba kugira ngo Uburusiya bufatirwe ibihano ku bukungu bwayo.

 

Minisitiri w’intebe wa Pakisitani, Imran Khan, mu kiganiro n’itangazamakuru yamaganye ikibazo cy’Uburusiya avuga ko bwagerageje gutera Ukraine ndetse anabibutsa ko ibihano by’ubukungu bafatiwe bikabije cyane. Minisitiri w’intebe Imran Khan yavuze kandi ko n’ibindi bihugu mu bihe nk'ibi bigomba guhurira hamwe kugira ngo bifashe Abanyapakisitani muri Ukraine na Pakisitani. Imran Khan yamaganye umugambi w’Uburusiya wo gutera Ukraine.

 

Bivugwa ko Pakisitani yasabye inguzanyo ya miliyari 2 z'amadolari muri banki y'isi, miliyari imwe yo gufasha Ukraine na miliyari imwe yo gufasha Abanyapakisitani.

 

Inkomoko: Thereport.live