Kendrick Lamar yahindutse umuyaga ubwo yari ku rubyiniro bitungura abatari bake

Kendrick Lamar yahindutse umuyaga ubwo yari ku rubyiniro bitungura abatari bake

Aug 05,2022

Umuraperi ukomeye muri Leta zunze ubumwe z’America wamamaye nka Kendrick Lamar yatunguranye ubwo yahindukaga umuyaga ari kurubyiniro bitangaza benshi.

 

Iki gikorwa gitangaje cyabaye kuri uyu wa 4 Kanama 2022 ubwo ubwo yari mu bitaramo arimo byo kuzenguruka America bya "Mr.Morale&The Big steppers tour".

 

Ubwo yari ku rubyiniro arimo ataramira abari bitabiriye icyo gitaramo yatunguranye ahita aburirwa irengero atruye n’umwana.

 

Abafana b’uyu muraperi bose batunguwe n’ibibereye aho cyane ko amaze iminsi atungurana cyane mu minsi ishize yari yapimiwe icyorezo cya Covid 19 ku rubyiniro nabwo abari aho bose batungurwa n’uburyo yagize amahitamo ameze gutyo.