Igisubizo Gen. Muhoozi yahaye umuzungu wamubajije uko ingabo za RDF n'iza UPDF zihagaze mu mirwanire cyatangaje abatari bake

Igisubizo Gen. Muhoozi yahaye umuzungu wamubajije uko ingabo za RDF n'iza UPDF zihagaze mu mirwanire cyatangaje abatari bake

Dec 04,2022

Umuhungu wa Perezida wa Uganda akaba n'umujyanama wa Se mu bya gisirikare, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ibyo ufite uruhu rwera (umuzungu), yamubajije ku bijyanye n'ingufu z'igisirikare cya Uganda, UPDF na RDF y' u Rwanda.

Uyu mujenerali abinyujije kuri Twitter yavuze ko ubwo yasubizaga uwo muzungu w'inshuti ye.

Yagize ati "Inshuti yanjye y'umuzungu vuba aha yarambajije uko Igisirikare cya Uganda n' u Rwanda bikomeye. Namusabye ko yazana igisirikare cye (cy'iwabo) hano noneho urebe uko birukanka."

Mu gihe u Rwanda na Uganda bubanye neza muri iki gihe, Gen Kainerugaba akumze guhaya ibigwi bya Kampala na Kigali.