FDA yatangaje ko umuti uvura SIDA wageze mu Rwanda – Gusa uzajya ubona umugabo usibe undi

FDA yatangaje ko umuti uvura SIDA wageze mu Rwanda – Gusa uzajya ubona umugabo usibe undi

Jan 04,2023

FDA yatangaje umuti witwa (Sunlenca) nyuma yo gukorerwa ubushakashatsi basanze uyu muti uvura Sida, ariko ibiciro byawo bizabona umugabo bisibe undi.

Ubu bushakashatsi bwakozwe ku moko abiri y’imiti, uwitwa Sunlenca nuwitwa Placebo.

87.5 by’abarwayi bahawe Sunlenca basanze virusi zaragabanutse mu mubiri nyuma y’iminsi 14.

Ugereranyije  16.3 by’abarwayi bahawe umuti wo mu bwoko bwa Placebo.

Nyuma yibyumweru 26 bongeye gupima babarwayi basanga 81% basanga ntavirusi bagifite mu mubiri.

Uyu muti umurwayi azajya ahubwa atewe urushinge ndetse n’ikinini kabiri mu mwaka buri mezi atandatu.

Gusa uwo muti ntabwo uzigonderwa na buri wese urwaye Sida kuko uwo muti ugura amadolari 42,250$ ni ukuvuga asaga miliyoni 45RWF.

Hari kandi na Madolari 39,000 $ yo kubika neza iyo miti ahantu habigenewe.