Inama ku bagabo bashaka kunyaza bikanga n’uburyo wanyaza neza

Inama ku bagabo bashaka kunyaza bikanga n’uburyo wanyaza neza

May 23,2023

Iyi ni inkuru idasanzwe dukoze twifashishije abantu b’ingeri zitandukanye tubitewe n’abantu benshi bamaze igihe kinini batwandikira bamwe batubaza niba koko kunya_za cyangwa kunyara bibaho,n’ uburyo abagabo bashobora kubikora nabi bikaba ari bimwe mu bituma abagore babo batanyara. Bamwe bati: ” Kunyara bivugwa mu mibonano mpuzabitsina hari aho bihurira no kunyara inkari zisanzwe? ” Abandi bati: ” ese niba ari byiza bakora iki ngo bibabeho? “

Ubundi Umugabo unyaza yirinda ko igits1na cye kigwa,ndetse akamenya neza igihe umugore we arangiriza kuko bifasha kumenya na we ukuntu ari bugenzure umuvuduko we ndetse akaza no kumenya niba agiye kurangiza mbere y’umugore bityo akaba yashaka uburyo aba akuyemo igitsina cye gahoro gahoro agasa n’ukorera inyuma mu rwego rwo kwirinda ko yahita arangiza vuba.

Mu gihe cyo gutera akabariro hajya habaho kunyara, kunyara biba ku ruhande rw’umugore cyangwa umukobwa igihe asohora amavangingo ashyushye aturutse mu myanya myibarukiro ye bitewe n’uburyohe budasanzwe aba atewe n’uwo batera akabariro.

Ibi umugabo akaba abigiramo uruhare rukomeye ndetse abagabo bakaba bagomba kumenya neza uburyo bakwitwara muri iki gikorwa n’icyo bakora kugirango abagore babo bazane aya mavangingo.

Byumvikane rero ko kunyara mu gihe cy’akabariro bitandukanye no kunyara inkari zisanzwe ko ahubwo ari uburyohe buba bwinshi umugore aba ahawe n’umugabo bugatuma umukobwa cyangwa umugore asohora amavangingo bikanatuma ububobere mu gitsina cye burushaho kwiyongera.

Kunyara rero bikorwa bite ?

Inzobere y’ umudogiteri Moussa Guiro avuga ko kugira ngo kunyara bibeho, bigomba gutegurwa mbere yo gutera akabariro ndetse no mu gihe muri kuyikora. Uko bitegurwa rero nuko mbere y’uko mutangira gutera akabariro, mugomba kubanza mukabitekerezaho, mukabyishimira,ukishimira uwo mugiye kuyikorana.

Uyu mu dogiteri kandi abuza abagabo guhita bafata igitsina cyabo ngo bahite bagishyira mu cy’abagore, ko ahubwo hagomba kubanza umwe agakora ku wundi buhoro buhoro amushimashimaho gake gake ari nako ubushake bwo gutera akabariro bugenda bwiyongera,mugasomana bikageraho mutangira gutera akabariro.

Mu gihe cyo gutera akabariro, ntabwo umugabo yinjiza igits1na cye cyose mu cy’umugore ahubwo akigarukiriza ahagana hanze akajya agikoza kuri rugongo buhoro buhoro azamura akongera akamanura , icyo gikorwa uko gikomeza kugenda ni nako ububobere ku mugore bwiyongera bigatuma umugabo aryoherwa cyane, bityo n’umugore akarushaho kuryoherwa agatangira kurekura amavangingo ashyushye cyane aricyo twise kunyara.

Wakora iki igihe ushaka kunya_za bikanga?

Umugabo kandi unyaza bikanga agomba gusaba umugore we kumufasha muri iki gikorwa akamufata ku bice by’umubiri bitandukanye bifasha umugabo kumva uburyohe,urugero nko mu irugu, mu gituza ndetse no mu mugongo. Ibi bice umugore agomba kubifatira umugabo we mu gihe bari muri iki gikorwa kuko bifasha umugabo kunya_za neza.

Ni byiza rero ko umugabo amenya ndetse akaniga uburyo anyaza umugore we; ibi bikajyana no kugenzura umuvuduko akoresha; yakumva agiye kurangiza agakoresha uburyo aba aretseho gato kugirango abashe gufasha umugore we baze kurangiriza rimwe.

Iyi ni inkuru idasanzwe dukoze twifashishije abantu b’ingeri zitandukanye tubitewe n’abantu benshi bamaze igihe kinini batwandikira bamwe batubaza niba koko kunya_za cyangwa kunyara bibaho,n’ uburyo abagabo bashobora kubikora nabi bikaba ari bimwe mu bituma abagore babo batanyara. Bamwe bati: ” Kunyara bivugwa mu mibonano mpuzabitsina hari aho bihurira no kunyara inkari zisanzwe? ” Abandi bati: ”ese niba ari byiza bakora iki ngo bibabeho? “