Umugabo yaguye gitumo umugore we utwite ari kumwe n'undi mugabo w'umupasiteri mu buriri bwe

Umugabo yaguye gitumo umugore we utwite ari kumwe n'undi mugabo w'umupasiteri mu buriri bwe

  • Umugabo yafashe umugore we amuca inyuma

  • Umugore utwite yaciye inyuma umugabo we

  • Umugore utwite yafashwe aryamanye n'umupasitoro

Jul 15,2023

Umugore utwite yafashwe n’umugabo we yambaye ubusa ari mu buriri hamwe n’umugabo bivugwa ko ari Pasiteri we.

Uyu mugore utwite inda bivugwa ko ari iy’amezi atanu, uzwi nka Marita ukomoka muri Zambia, yari yazanye uyu mupasiteri mu buriri bwe n’umugabo we basezeranye.

Amashusho yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga,yagaragaje uyu mugore na Pasiteri bari mu cyumba bambaye ubusa ubwo uyu mugabo yabagwa gitumo.

Aba bombi bari bakikijwe n’ibintu bitangaje aho bikekwa ko barimo no kuragura.

Umugabo w’uyu mugore yumvikanye ababwira kutava aho bari ubwo yari ahanganye nabo.

Mu gihe umugore yageragezaga kwegera umugabo we, Pasiteri basambanaga yahise yambara akenda k’imbere kugira ngo ahishe ubwambure bwe.

Uyu yavugaga ati "Ndabica, ntihagire unyeganyega. Ku buriri bwanjye n’ikibazo..."

Benshi bavuze ko bishoboka ko uyu mupasiteri ariwe wateye iyi nda uyu mugore akaba yari aje kumuragurira ngo azabyare neza.