Ni akumiro! Umunyamideli n'umukunzi we bavuze icyabateye gusambanira muri Parikingi, abantu barumirwa

Ni akumiro! Umunyamideli n'umukunzi we bavuze icyabateye gusambanira muri Parikingi, abantu barumirwa

Nov 09,2023

Umunyamideli, Kaylee Killion n’umukunzi we, basanzwe muri parikingi bari mu gikorwa cyo gutera akabariro bavugako babitewe no kuba umukino bari bitabiriye muri stade ya NFL muri Amerika wabarambinye.

Kaylee Killion, ufite imyaka 27, ukurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera imyambarire ye ishotora igitsinagabo cyane, yasangije abakunzi be inkuru y’ukuntu we n'umukunzi we basambaniye hanze gato ya stade.

Uyu mukobwa yavuze ko ibi byabaye ku cyumweru, tariki ya 8 Ukwakira 2023 kuri Stake Farm Stadium ahari habereye umukino wa NFL wahuje Arizona Cardinals yari yahuye na Cincinnati Bengals.

 

Kubera ko ikipe bakunda yari yatsinzwe, Kaylee yasabye umukunzi we Cody ko bakomereza umunsi wabo wo kwishimisha bajya mu modoka yabo bagasambana. Kaylee yagize ati: "Ndatinyuka kurenza Cody, bityo cyari igitekerezo cyanjye". Arizona Cardinals yari yatsinzwe kandi numvaga nshaka kwishima. Twakoreye imibonano mpuzabitsina ahantu hatandukanye kandi heza, ku buryo parikingi ya sitade yasaga nkaho ari ahantu heza ho kongera ku rutonde.

Yakomeje agira ati: "Tugomba kuba twaramaze iminota igera kuri 10 gusa kuko byari biteje akaga, hirya no hino hari abapolisi n’abashinzwe umutekano. Imibonano mpuzabitsina yari igitangaza kandi ubwoba bwo gufatwa bwatumye birushaho kuryoha."

Aba bombi bemeje ko bakoreye imibonano mpuzabitsina "ahantu hatandukanye ku isi yose", harimo ahantu hahurira abantu benshi nko mu bwiherero bw’ikibuga cy’indege no mu tubari.