Uko watanga ubujurire ku manota y'ibizamini bya Leta mu gihe hari icyo utishimiye yaba amanota, aho umwana yoherejwe cyangwa umwirondoro w'umwana
Hashize iminsi mike amanota y'abakoze ibizamini bya Leta agiye hanze. Birashoboka ko hari icyo waba utishimiye yaba ku manota, aho wohejwe cyangwa umwana wawe yoherejwe cyangwa se umwirondoro we ukaba urimo amakosa. Ushobora gusaba ko ibi byasuzumwa byaba bifite ishingiro bikaba byakosorwa.
Ni muri urwo rwego NESA yabashyiriyeho uburyo bwo gusaba ko hari ibyahindurwa bijyanye n'ibyo tumaze kuvuga haruguru. Ubwo busabe bukaba bwaratangiye taliki ya 19/08/2025 bukazarangira taliki ya 02/09/2025.
Kugirango utange ubusabe bwawe KANDA HANO ubundi ukurikize amabwiriza
Soma n'iyi:
Reba amanota y`ikizamini cya LETA (2024-2025) ukoresheje Ubu buryo (Updated)
Posted On: Aug 21,2025