RIB yemeje ko umunyamakuru Uwineza Liliane(Mama B) yafunzwe. IMPAMVU

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi umunyamakuru Uwineza Liliane rwahamagaje ngo asobonure ibirebana n’ibiganiro yatambutsaga kuri YouTube byashoboraga kubiba amacakubiri akanga kwitaba. Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yemereye IGIHE ko ayo makuru ari impamo ko uwo munyamakuru afunzwe kuko hari iperereza riri kumukorwaho. Yagize ati “Nibyo koko Uwineza Liliane yafashwe akurikiranywe afunzwe.” Yagaragaje […]

Continue Reading

Basanzwemo urumogi! KwizeraEmelyne wamamaye nka Ishanga n’abandi barindwi batawe muri yombi bazira gukwirakwiza amashusho y’urukozasoni -AMAFOTO

Kwizera Emelyne n’itsinda ry’abantu umunani bari barakoranye itsinda rya WhatsApp ryitwa ‘Rich Gang’ bakurikiranywe n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, aho barindwi muri bo bafunzwe, nyuma y’uko bagize uruhare mu gufata no gusakaza amashusho abagaragaza bakora imibonano mpuzabitsina. Iryo tsinda ririmo abakobwa batandatu n’abahungu batatu. Abafunzwe batawe muri yombi ku wa 17 Mutarama 2025. Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, […]

Continue Reading

Kigali: Uko The Ben yahanwe na Polisi ishinzwe umutekano wo mu muhanda biturutse kuri X

Umuririmbyi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben, yatangaje ko yitabye Polisi y’u Rwanda abazwa impamvu yatwaye imodoka atambaye umukandara, kandi ko yabihaniwe. Ni mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa Gatandatu tariki 18 Mutarama 2025. The Ben yari yarezwe n’uwitwa Edman Ishimwe ku rubuga rwa X aho yanditse agira ati “U Rwanda rwacu ntawe uba […]

Continue Reading

Bruce Melody yahaye igisubizo gitangaje Yampano wavuze ko atamuzi

Umuririmbyi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yasubije umuhanzi mugenzi we Yampano, amubwira ko akwiye kujya amwita ‘Uncle’ (Nyirarume), ni mu gihe hashize iminsi micye uyu muhanzi yumvikanye mu bitangazamakuru avuga ko atamuzi. Bruce Melodie yavuze ibi ubwo yari ku rubuga rwa Instagram rwe amurika Album ye ‘Colorful Generation’ ari no mu kiganiro cya Kiss […]

Continue Reading
Miss Jolly

Miss Mutesi Jolly yavuze ku by’urukundo rwe n’umuherwe ucuruza intwaro

Nyuma y’uko hacicikanye amakuru ku mbuga nkoranyambaga avuga ko Miss Mutesi Jolly ari mu rukundo n’umuherwe Saidi Lugumi Hamadi ukomoka muri Tanzania, uyu mukobwa yabihakanye yivuye inyuma, avuga ko konti ye ya Instagram yinjiriwe n’aba-Hackers bityo ko ibyanditswe ntaho ahuriye na byo. Ku wa Kane tariki ya 9 Mutarama 2025, Miss Mutesi Jolly yasangije abakunzi […]

Continue Reading
Miss Mutesi Jolly

Miss Mutesi Jolly aravugwa mu rukundo n’umuherwe ucuruza intwaro

Mutesi akomeje guhakana iby’urukundo rwe n’umuherwe Lugumi Saidi ucuruza intwaro avuga ko bamwibye Instagram ye nyamara kuva na kera na kare bigaragara ko urukundo rwahoze rwishakira inzira. Kuri uyu wa Gatanu, byagaragaye ko Mutesi Jolly yaba ari mu rukundo ruryoshye nyuma y’uko yahuye n’ibizazane mu rukundo akaza no kwisanga avuga ko hari abagabo b’inyana z’imbwa […]

Continue Reading
Shaddyboo

Shaddboo yaba yarambuwe miliyoni 6 mu rukundo rw’ibinyoma

Abantu benshi kuri murandasi bacitse ururondogoro nyuma y’uko Mbabazi Shadia uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo, atangaje ko atigeze akundana by’ukuri na Producer YewëeH. Shaddyboo yavuze ko we na YewëeH bari mu masezerano yo kugaragaza ko bakundana mu rwego rwo kumufasha kumenyekana gusa ngo amafaranga yagombaga guhembwa muri urwo rukundo rw’ubucuruzi ntiyigeze ayahabwa. Mu Ukwakira […]

Continue Reading
mutesi scovia

Mutesi Scovia wamamaye kuri Youtube agiye gutangiza Television ye

Umunyamakuru Mutesi Scovia washinze ikinyamakuru ‘Mama Urwagasabo’ ndetse n’umuyoboro wa Youtube, yatangaje ko bitarenze muri Mutarama 2025 azaba yamuritse ku mugaragaro Televiziyo ye bwite yashinze. Mutesi Scovia yakoreye ibitangazamakuru binyuranye birimo BTN TV, mbere y’uko afata icyemezo cyo gutangira kwikorera abinyujije mu gitangazamakuru yashinze yise ‘Mama Urwagasabo’. Yagaragaje imbaraga zidasanzwe, akora ibiganiro byatumye izina rye […]

Continue Reading
Amavubi muri CHAN 2025

Amavubi yabonye itike yo gukina CHAN 2025

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), yashyize ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ mu makipe 10 yamaze kubona itike yo gukina Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere muri za shampiyona zabo (CHAN 2025). Amavubi yahawe iyo tike nyuma yo gutsinda Sudani y’Epfo ibitego 2-1 mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro ku wa Gatandatu tariki ya 28 Ukuboza. Bijyanye n’uko […]

Continue Reading