Ibyihariye ku modoka Armored Range Rover Sentinel igendwamo na Perezida Kagame – AMAFOTO + VIDEO

Share this:

Armored Range Rover Sentinel Ni imodoka yakorewe abanyacyubahiro ndetse n’undi muntu wese ukeneye umutekano wo mu rwego rwo hejuru. Ni imwe mu modoka umukuru w’igihugu cy’u Rwanda agendamo.

 

. Imodoka itwara Perezida Kagame

Armored Range Rover Sentinel  ya Perezida Paul Kagame

 

Ni imodoka idatoborwa n’amasasu kandi ikaba ifite ubushobozi bwo kugendera ku muvuduko wo hejuru kabone n’ubwo amapine yayo yaba yarashwe.

Share this:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *