Umugore ubyara abazwe ni incuro zingahe atagomba kurenza? Ese iyo azirengeje bigenda gute? Sobanukirwa
•
Ni inshuro zingahe umugore ashobora kubagwa abyara? Iki ni ikibazo gikunze kubazwa n’ababyeyi benshi, cyane cyane iyo muganga avuze ko hakenewe kubyara biciye mu buryo bwo kubagwa buzwi nka “césarienne”, cyane ku bagore bifuza kubyara abandi bana mu gihe kizaza. Kubagwa bufatwa nka bumwe mu buryo bwizewe bwo kubyaza abagore. Ubushakashatsi bwerekanye ko nubwo…
RIP Murihano David: Abantu batatu bo mu muryango umwe bishwe barashwe bizamura umujinya wa benshi
•
Mu mpera z’icyumweru gishize, abantu batatu bo mu muryango umwe batuye mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bishwe barashwe n’abantu bataramenyekana, mu gitero cyabaye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu tariki 3 Gicurasi. Nk’uko byemezwa n’amakuru atandukanye, abicanyi bateye urugo rwa Murihano David ahagana saa sita n’igice z’ijoro. Umwe muri bo…
Amerika igiye kubyaza umusaruro amahirwe yiteshejwe n’Ubwongereza ku Rwanda
•
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe yemeje ko u Rwanda ruri mu biganiro byo kwakira abimukira bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ni ingingo yagarutseho kuri iki Cyumweru mu kiganiro Inkuru mu Makuru cya RBA. Minisitiri Nduhungirehe yavuze ko u Rwanda rwinjiye mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rugamije gukomeza gutanga…
Mu mafoto irebere uburanga bwa Umutoni Nadia wigaruriye umutima wa Niyomugabo Claude Kapiteni wa APR FC
•
Ni inshuro nyinshi tubona abakinnyi b’umupira wa maguru cyane cyane abo ku mugabane w’iburayi bazana abakunzi babo ku bibuga ndetse baba batsinze bagafatanya kwishimira intsinzi ari nako babatera ingabo mu bitugu iyo bitagenze neza. Kuri ubu no mu Rwanda uyu muco abakinnyi bamwe bamaze kuwugira aho kuba bafite abakunzi bitakiri ubwiru. Mu mafoto atandukanye…
Kenya: Perizida Ruto yatewe urukweto n’umwe mu baturage yagezagaho ijambo
•
Polisi ya Kenya iri guhata ibibazo abantu batatu nyuma y’ibyabaye aho umugabo yateye urukweto Perezida William Ruto mu Kuria y’Uburengerazuba, mu Ntara ya Migori. Ibi byabaye ubwo Ruto yagezaga ijambo ku baturage bo mu gace ka Kehancha kuri iki Cyumweru gishize, itariki 4 Gicurasi 2025. Polisi yavuze ko iperereza rigikomeje kandi ko hagikurikiranwa abandi…
Umusore yahaye itike umukobwa yateye inda ngo aze bahangane mbere y’uko arongora undi mukobwa ibyamubayeho biratangaje
•
Ubukwe bwagombaga kuba intangiriro y’urugendo rushya rw’urukundo ku munsi wo ku wa Gatandatu tariki 3 Gicurasi 2025 mu Karere ka Rubavu, bwabaye intandaro y’impaka ndende no gushyamirana hagati y’uwari ugiye kurushinga n’umugore bahoze babana. Nyirabahizi Esther, umugore ukomoka mu Karere ka Musanze, yagerageje guhagarika ubukwe bwa Byukusenge Jean Claude, umugabo babyaranye umwana w’umukobwa, ahurira…