Rulindo: Umusaza yaguze inka imwica atarayigeza mu rugo
•
Umusaza w’imyaka 80 witwa Nkekabahizi Claver, wari utuye mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Rulindo, yishwe n’inka ye ubwo yari mu nzira ava kuyigura ku gicamunsi cyo kuwa Kabiri tariki 20 Nyakanga 2021. Amakuru Kigali Today dukesha iyi nkuru yatangarijwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’agateganyo w’Umurenge wa Tumba, Jean Bosco Manirakiza, ngo abayobozi bahageze…
M. Irene, umujyanama wa Vestine & Dorcas yatangiye gukurikiranwa n’urwego rw’ubugenzacyaha RIB
•
Umunyamakuru Michel Karangwa uzwi nka Mike Karangwa yatanze ikirego mu rwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB arega mugenzi we Murindahabi Irene uzwi nka M.Irene amushinja kumuharabika ko yagize uruhare mu kumutandukanya n’abahanzikazi Vestine&Dorcas afasha. Umunyamakuru Mike Karangwa, umaze igihe mu myidagaduro mu Rwanda, yatutswe cyane cyane n’abantu bamwita igisambo nyuma y’uko M.Irene amushinje ko yagize…
“Nubaha imva kurusha imodoka yawe. Ntukabone iby’isi ngo uyagare mwana wanjye” – Abdul avuga ku modoka umuhungu we Diamond aheruka kugura
•
Ni nyuma y’aho Diamond Platnumz aguze imodoka y’agatangaza igendamo bake muri Afurika, Mzee Abdul wihakanywe na Diamond ko atari we Se, yatangaje ko adashishikajwe n’iby’isi umuhungu we yaguze kuko nta gaciro bifite mu maso ye bityo ko Diamond atagakwiriye kumera amababa ku by’isi. Diamond, akigeza imodoka ye nshya Rolls Royce Cullinan muri Tanzania,…
Inkomoko n’akamaro byo kwayura n’igihe kwayura biba ari ikibazo ugomba kubaza muganga
•
Buri wese mu buzima bwe yaba umwana muto cyangwa umusaza n’umukecuru ntawe utayura. Kwayura ni igikorwa ahanini cyizana, nta ruhare ubigizemo ndetse akenshi birakongera kuko akenshi iyo ukuri iruhande yayuye nawe uhita wayura. Kandi usanga ahanini bigendana no kwinanura. Nubwo byizana ariko, biba ari ikimenyetso cy’impinduka runaka mu buzima, ndetse binagirira umubiri akamaro.…
Watermelon urubuto rufasha mu kurinda uburemba rukanongera ububobere
•
Watermelon ubishatse wayita umwungu cyangwa igihaza cyo guhekenya kuko ni urubuto rwera ku ruyuzi, rugira indabo zisa n’intutu kandi rufite bimwe ruhuriyeho n’ibihaza. Mu ndimi zo mu bihugu bidukikije bayita tikiti cyangwa tikitimaji. Uru rubuto rumeze nkaho nta cyanga rugira, uba wumva ari nk’amazi arimo agasukari gacye. Ni urubuto rwuzuye umutobe, rworohereye, rurimo…
Miss Muyango yibasiwe n’abafana nyuma yo guhishura ko yitegura kwibaruka nyamara nta bukwe yakoze
•
Nyuma y’uko hayasakaye amafoto ya Miss Muyango atwite inda ya Kimenyi Yves nkuru iri hafi kuvuka ntabwo byakiriwe neza ndetse hari na bamwe bamwoherereje ubutumwa bamutuka bavuga ko umuntu nka Nyampinga atakabyaye ikinyendaro, batanze gasopo kubakomeje kubibasira cyane bahamya ko bakundana cyane . Inkuru y’uko Uwase Muyango Claudine wegukanye ikamba rya Nyampinga uberwa…