Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Impamvu CG(Rtd) Gasana ufungiwe i Mageragere, yagaragaye mu bukwe bw’umwana we yamenyekanye

    Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora ,RCS, rwahaye Gasana Emmanuel, wahoze ari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, uruhushya rwo gusohoka muri Gereza, akitabira ubukwe bw’umwana we. Kuva kuri uyu wa Kane, ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucicikana amakuru avuga ko CG(Rtd) Gasana yababariwe n’urwego rutavuzwe, kandi ko atagikurikiranwa n’inkiko mu gihe yari afungiye iminsi 30 y’agateganyo ku byaha akurikiranyweho.…

  • Samusure yakatiwe adahari ategekwa kwishyura ihazabu ya miliyoni 3RWF

    Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwakatiye Kalisa Ernest uzwi nka Samusure muri sinema nyarwanda, igihano cy’imyaka ibiri isubitse mu gihe cy’umwaka umwe n’ihazabu ya miliyoni eshatu ku cyaha cyo gutanga sheki itazigamiye. Bivuze ko Kalisa atazafungwa ariko agomba kwitwara neza mu gihe cy’umwaka kuko akoze icyaha kimusubiza muri gereza mbere y’uko uwo mwaka ushira, igihano…

  • Imirwano yongeye kubura muri Masisi nyuma y’agahenge kari katanzwe

    Imirwano yubuye muri teritwari ya Masisi, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) nyuma y’agahenge kari kamaze iminsi irenga 10. Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC ari ryo ryabashotoye guhera kuri uyu wa 21 Ukuboza 2023. Bisimwa yagize ati “Guhera kuri uyu wa…

  • Birababaje: ababyeyi bishe umukobwa wabo kubera impamvu itangaje

    Ababyeyi bo mu gihugu cya Palestine bakatiwe burundu nyuma y’uko bivuganye umwana wabo w’umukobwa wari wanze kurongorwa na mubyara we. UmunyaRwanda niwe wavuze ngo “Ababyara barabyarana” n’ubwo bamwe mu bazobereye ubuzima bw’abantu bavuga ko bitakabaye byiza ko bashakana cyangwa se babyarana kuko bashobora kubyara umwana ufite ibyo abura kubera ubusembwa bashobora kuba bifitemo mu…

  • Wasanga nawe ariko ubizi! Dore ibintu 4 abantu bibeshya ku rukundo

    Urukundo ni ikintu cy’ingenzi mu buzima kandi buri wese ararukeneye. Gusa abantu bagiye barufata uko rutari, bakarusobanura ukundi ariko bibiliya itanga ibisobanuro bya nyabyo ku cyo urukundo ariko, bigatuma umuntu yabona ibisobanuro bine abantu bahaye urukundo barubeshyera. 1. Urukundo rurabona kandi rukihangana Byanze bikunze, igihugu cyose waba urimo, interuro ivuga ngo urukundo ni impumyi,…

  • Rayon Sports yakiriye undi rutahizamu w’igikurankota uvuye muri Senegal

    Rutahizamu w’umunya-Senegal, Alon Paul Gomis w’imyaka 29 yageze i Kigali. Aje gusinyira Rayon Sports. Ikipe ya Rayon Sports ikomeje gushaka uko yakwiyubaka mbere y’uko itangira igice cya kabiri cya shampiyona aho yazanye undi rutahizamu wa kabiri wiyongera kuri Alseny Camara. Alon Paul Gomis yageze i Kigali mu rukerera rwo kuri uyu wa 22 Ukuboza,…