-
Polisi yahakanya amakuru yakwirakwiriye ku mbuga nkorambaga avuga ko Miss Muheto yongeye gutabwa muri yombi
•
Polisi y’u Rwanda yanyomoje amakuru y’itabwa muri yombi rya Miss Muheto Divine, nyuma y’amasaha bihwihwiswa ku mbuga nkoranyambaga. Umuvugizi Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga yabwiye IGIHE ko aya makuru yakomeje gusakazwa ari ibihuha. Miss Muheto na we abinyujije ku majwi yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga, yanyomoje ibyo gutabwa muri yombi. Ati “Ndi amahoro, ndaho…
-
RDC: Iryinyo rya Lumumba ryari ryagaruwe n’Ububirigi ryaburiwe irengero
•
Iryinyo rya Patrice Lumumba wigeze kuba Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba intwari y’iki gihugu ryibwe, biteza impagarara. Mu ijoro ryacyeye ni bwo iryo ryinyo ryibwe mu nzu ndangamurage y’i Kinshasa aho ryari ribitse. Iryo ryinyo ryibwe nyuma y’uko abantu bataramenyekana bagabye igitero ku nzu ndangamurage ryari ribitsemo bakabanza kuyangiza mbere…
-
Gukomeza muri Kaminuza bizajya bisaba umunyeshuri kuba yaratsinze amasomo yose ku kigero cya 50%
•
Minisiteri y’Uburezi yatangaje uburyo bushya buzajya bukurikizwa kugirango umunyeshuri yemererwe gukomeza muri Kaminuza. Ni uburyo butegeka ko uzajya wemererwa gukomeza muri kaminuza ari umunyeshuri uzajya utsinda amasomo yose ku kigereranyo cya 50% Ubu buryo butndukanye n’ubwari busanzweho,aho uwemererwaga gukomeza muri kaminuza yasabwaga gutsinda amasomo abiri y’ingenzi gusa. Minisiteri w’Ubrezi yabitangaje mu muhango wo gutangaza…
-
Rayon Sports yabonye perezida mushya usimbura Uwayezu Jean Fidele
•
Kuri uyu wa Gatandatu, Twagirayezu Thaddé yatorewe kuyobora ikipe ya Rayon Sports mu myaka ine iri imbere asimbuye Uwayezu Jean Fidele. Ni amatora yabereye mu Nteko Rusange yateraniye mu Nzove kuri uyu wa 16 Ugushyingo 2024, yagombaga kugena ahazaza ha Rayon Sports harimo no mu miyoborere. Ku mwanya wa Visi Perezida hatowe Muhirwa Prosper,Umubitsi…
-
Abakobwa: Dore ibintu 3 ugomba kwirinda kuko bituma umusore agusuzugura mu rukundo
•
Muri kamere y’igitsinagabo ntibasanganywe umuco wo gusuzugura abakunzi babo ku buryo bugaragara, ariko hari zimwe mu mpamvu zishobora gutuma umusore cyangwa umugabo mukundana agusuzugura. Gusuzugura ni igihe umuntu akoze ibintu bibabaza undi muntu ariko bitabaye ku bw’impanuka ahubwo bikozwe ku bushake. Kuba umusore yasuzugura umukobwa bakundana cyangwa umugabo agafata umugore mu buryo bwitwa agasuzuguro,…
-
Bituma yivamo: Dore ibibazo 8 wabaza umukunzi wawe ukamenya ko yaguciye cyangwa ataguciye inyuma
•
Niba ukeka ko umukunzi wawe aguca inyuma ukaba ushaka kumenya ukuri ariko utiriwe umuhatiriza cyangwa se ngo umutonganye kugira ngo avugishe ukuri nk’uko abantu benshi bigenda bikanarangira batabigezeho kubera uburyo umujinya ubabera inzira ibafungira kumenya ukuri, ushobora wowe gutuma umukunzi wawe akwibwirira ukuri kumuvuyemo. Dore ibibazo 8 wamubaza witonze bigatuma ubwe akwibwirira ko yaguciye…