-
Rayon Sports ku mwanya wa mbere nyuma yo kwisasira Etincelles
•
Rayon Sports yatsinze umukino w’ikirarane yakinagamo na Etincelles FC igitego kimwe ku busa cyatsinzwe na Fall Ngagne. Ni umukino w’ikirarane cy’umunsi wa karindwi wa Shampiyona utarakiniwe igihe kubera ko Rayon Sports yari ifite abakinnyi benshi mu ikipe y’igihugu. Kuri uyu wa Gatandatu itariki 9 Ugushyingo 2024 saa kumi n’ebyiri z’umugoroba Rayon Sports yakiriye Etincelles…
-
Inama y’Abaminisitiri: Dr. Pierre Damien Habumuremyi yahawe imirimo mishya nyuma y’igihe ahawe imbabazi na Perezida Kagame
•
Perezida Kagame yahaye inshingano Dr. Pierre Damien Habumuremyi nk’uko bigaragara mu myanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida Kagame. Kuwa Gatandatu tariki 09 Ugushyingo 2024, Inama y’Abamanisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, ifatirwamo imyanzuro inyuranye aho bamwe bahawe inshingano nshya n’Umukuru w’Igihugu, ndetse hanemezwa imishinga y’amategeko itandukanye. Mu bahawe imirimo harimo Dr.…
-
Abakobwa: Ibintu wakorera umusore mukundana ntazigere aguca inyuma
•
Abantu bakunda kuvuga ko nta kintu wakora ngo umukunzi wagambiriye kuguca inyuma ube wabimubuza, ariko se uzi impamvu byibura umuntu afata umwanzuro wo guca inyuma uwo bakundana? Nubwo hari abantu bavuga ko guca inyuma umuntu bishobora kumubera karande ariko si ko bimeze, n’umwe ubikora by’akamenyero aba afite impamvu yabimuteye. Dore ibintu 8 ushobora gukoresha…
-
Abakobwa: Ibintu bibi cyane bizakubaho niba ukunda kubenga
•
Ni kenshi mu rukundo habaho kubengana ndetse ugendeye ku bushakashatsi bwakozwe, bugaragaza ko umubare munini w’inkundo, abakobwa ari bo babenga abasore, bivuze ko abakundana benshi batandukana, abakobwa ari bo baba bateye intambwe ya mbere yo gutandukana, si kuri bose gusa ni ahenshi. Ubushakashatsi bwagaragaje ko ubusanzwe umukobwa akunda inshuro 7 gusa agifite urukundo rwa…
-
Ibibazo 9 ukwiye kubaza umukunzi wawe mbere yo gufata umwanzuro wo gushyingiranwa na we
•
Abantu benshi usanga bakundana urukundo rukaryoha kugera ubwo bafata umwanzuro wo kubana ariko nyamara bataziranye bitewe nuko hari ibibazo batagiye babazanya ngo barusheho kumenyana bikaba biri no mu bishobora gutuma hari abagera mu rugo bakabaho batishimye cyangwa se bakanatandukana. Bimwe mu bibazo ukwiye kubaza umukunzi wawe mbere y’uko mubana kugira ngo murusheho kubana muziranye…
-
Joe Biden arashinjwa kugira uruhare mu ntsinzwi y’Abademokarate bari barangajwe imbere na Kamala Harris
•
Nancy Pelosi wahoze ari umukuru w’umutwe w’abadepite mu nteko ishingamategeko y’Amerika, wo mu ishyaka ry’abademokarate, yavuze ko abademokarate bari kuba baritwaye neza mu matora yo ku wa kabiri iyo Perezida Joe Biden aza kuba yararetse kwiyamamaza hakiri kare cyane. Pelosi – umwe mu banyapolitike bakomeye cyane muri Amerika – yabwiye ikinyamakuru the New York…