Zari yahishuye ikintu gitangaje agiye gukorera umugabo we Shakib wamwise umukecuru
•
Umuherwekazi akaba n’umwe mu bakoresha neza imbuga nkoranyambaga Zari Hassan uzwi nka Zari The Boss Lady, yabwiye umugabo we baheruka kugirana ibibazo Shakib Cham ko vuba azabona uwo amusimbuza uzi agaciro ke. Bibaye nyuma y’iminsi ibiri bombi bashyize ahagaragara iby’isenyuka ry’urugo rwabo, byatangiye ubwo Diamond Platnumz yajyaga mu isabukuru y’umukobwa we yabyaranye na Zari…
Sandrine Isheja wari umunyamakuru kuri Kiss FM yagizwe umuyobozi ukomeye
•
Sandrine Isheja Butera wari usanzwe ari umunyamakuru kuri Radio Kiss FM, yandikanye ashimwe ashimira Perezida Paul Kagame wamugiriye icyizere akamugira Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA. Inama y’Abaminisitiri yateranye bwa mbere nyuma y’Uko hashyizweho Guverinoma nshya, yafashe ibyemezo binyuranye ndetse inashyira mu myanya abayobozi banyuranye. Iyi nama yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki…
Riderman na Bull Dogg banditse amateka
•
Abaraperi Riderman na Bull Dogg bongeye guhesha ikuzo umuziki wa Hip Hop bakora igitaramo kizasigara mu mitwe ya benshi bitiriye album yabahuje bise “Icyumba cy’Amategeko”, cyabaye mu ijoro rya tariki 24 Kanama 2024 muri Camp Kigali. Iki gitaramo cyari kiyobowe na MC Tino buri wese wacyitabiriye yakoze uko ashoboye aserukana umwambaro umufasha kujyanisha n’imyambarire…
CAF Champions League: APR FC yasezerereye Azam FC mu Mahoro. Uko umukino wagenze
•
APR FC yatsinze Azam FC yo muri Tanzania ibitego 2-0 mu mukino wo kwishyura w’ijonjora ry’ibanze ihita ikomeza mu ijonjora rikurikiyeho Uko umukino wagenze umunota ku munota; Umukino urangiye APR FC itsinze Azam FC ibitego 2-0,biba 2-1 muri rusange ihita ikomeza mu ijonjora rikurikiyeho 90+4′ Azam FC ikomeje gusatira ishaka igitego ,Nassor Hamoud ahinduye…
Ibitavugwa ku idosiye ya The Ben na Baby Emelyne imaze iminsi irikoroza kubera akantu The Ben yakuruye mu ruhame
•
Eric Ndagijimana [X Dealer] yavuze uko abona ubwiyunge bwa Mugisha Benjamin [The Ben] na Karomba Gael [Coach Gael] anagera ku mashusho yaciye ibintu y’uyu muhanzi na Kwizera Emelyne [Baby Emelyne]. Ku wa 15 Kanama ni bwo hagiye hanze amafoto agaragaza The Ben ari kumwe na Coach Gael, ndetse aba bagabo batangaza ko bamaze kwiyunga.…
Tangawizi ifasha abagore bari mu mihango – UBUSHAKASHATSI
•
Ikimera cya Tangawizi gikunze gukoreshwa cyane haba mu kugishyira mu kinyobwa cyangwa mu biribwa. Iki gihingwa gifite akamaro kenshi harimo no kugabanya uburibwe ku mugore uri mu gihe cy’imihango. Ubushakashatsi bwagaragaje ko Tangawizi ifasha kugabanya ububabare ku b’igitsina gore mu gihe bari mu mihango. Ubushakashatsi bwagaraje ko abagore bafashe Milligarama 1500 z’ifu ya Tangawizi…