Umuhungu wa Gen. Mubarakh Muganga yerekeje muri Kiyovu Sports
•
Umuhungu w’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’Igihugu, Gen Mubarakh Muganga, Niyonshuti Hakim Mubarakh, wari umaze imyaka ine muri APR FC ariko akabura umwanya uhagije wo gukina yerekeje muri AS Kigali, ndets ari mu bazifashishwa n’iyi kipe mu mwaka w’imikino wa 2024-2025. Niyonshuti ni umwe mu bakinnyi batabonye umwanya uhagije mu ikipe y’Ingazo z’Igihugu [APR FC] cyane…
Birababaje: Umugabo yafashwe arimo kugerageza kwica umwana w’imyaka 8 akoresheje ibitaka
•
Mu karere ka Kirehe mu murenge wa Gahara, akagari ka Muhamba mu mudugudu wa Kabeza, haravugwa umugabo w’imyaka 40 wafashwe ari kugerageza kwica umwana w’umuhungu w’imyaka 8 ariko umugambi we ukaburizwamo. Ku munsi wejo tariki 12 Kanama 2024, mu masaha y’umugoroba nibwo uyu mugabo witwa DUSHIMIMANA Theogene yahamagaye umwana w’imyaka 8 witwa NTIHEMUKA Enock,…
Perezida Tshisekedi yahinduye intekerezo ku kibazo cya M23
•
Ni kenshi cyane mu mbwiraruhame Perezida Félix Tshisekedi wa Republica Iharanira Demokarasi ya Congo, yagiye yumvikana Kenshi avuga ko atazigera yicara ku meza amwe na M23, ndetse kenshi yumvikanaga ashinja u Rwanda kuba arirwo ruri inyuma y’intambara ziri mu Burasirazuba bwa Congo. Si ibyo gusa kuko no mu minsi yashize yumvikanye avuga ko agahenge…
Dore ibintu 4 umugabo wese yicuza akuze ubuzima bwe bwose. Niba utarasaza ni cyo gihe ngo ubyirinde
•
Urugendo rw’umugabo, nirwo rugendo ruba rikomeye, muri iyo nzira ye ahura na byinshi ndetse agakoramo amakosa menshi. Muri iyi nyandiko twifashishije inyandiko zitandukanye zizewe mukubategurira amakuru yizewe ku bintu umugabo yicuza mu buzima bwe. DORE IBINTU 4 UMUGABO YICUZA MU BUZIMA BWE IYO AKUZE: 1. Kwanga kwita ku buzima bwe Iyo umuntu akiri muto…
Confederation Cup: Police FC yagiye muri Algeria. Gusa ngo kuvuga ibyo kujya mu matsinda byaba ari ukubeshya
•
Ikipe ya Police FC yerekeje mu gihugu cya Algeria aho igiye gukina na CS Constantine muri CAF Confederation Cup, Kapiteni wayo Nsabimana Eric avuga ko aramutse avuze ibyo kujya mu matsinda nonaha yaba abeshye. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Mbere ni bwo bamwe mu bakinnyi b’iyi kipe izagenda mu byiciro 3 bafashe rutemikerere.…
Ibya mbere byayobowe na Meddy! Ibirori bibera mu bwato byagarutse mu isura nshya-AMAFOTO
•
Dj Innox yatangaje ko agiye gukora ku nshuro ya Gatatu ibirori bisanzwe bibera mu bwato hagamijwe kwidagadura abantu bumva umuziki ucurangwa na ba Dj banyuranye. Ibi birori byiswe ‘Sunset Cruise White Party’ bizaba ku Cyumweru tariki 18 Nzeri 2024, kandi buri wese uzabyitabira asabwa kuba yambaye imyambaro y’ibara ry’umweru. Ni ibirori byitabirwa n’abantu bari…