Mwishya wa Donald Trump yavuze ko Abanyamerika badakwiye kongera kumutora – IMPAMVU
•
Fred C. Trump III umwishywa wa Donald Trump uri mu bikorwa byo kwiyamamariza kongera kuyobora USA, yamwibasiye amutangazaho byinshi ndetse anasaba Abanyamerika ko batakongera kumuha icyizere cyo kubayobora kuko atabikwiriye. Mu gihe Donald Trump wabaye Perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, akaba ageze kure ibikorwa byo kwiyamamaza bwa kabiri kuri uyu mwanya,…
Umukunzi wa Eddy Kenzo yakoze ibirori byo gushimira Imana byitabirwa na Perezida Museveni
•
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Iterambere ry’Ingufu n’Amabuye y’Agaciro, Phiona Nyamutoro yakoze ibirori byo gushima Imana byabereye mu gace avukamo ka Nebbi ku kibuga cya Nebbi Town SS, byitabirwa na Perezida Museveni. Perezida Museveni yavuze ko Nyamutooro yamaze gutanga umwitangirizwa mu rubyiruko rugenzi rwe, yinjira byeruye mu bikorwa by’ishyaka rya NRM. Ati: ”Guhozaho n’ubudasa…
Atletico Madrid irashaka kugura rutahizamu Julian Alvarez wa Manchester City
•
Atletco Madrid yamaze kwemera ko izatanga Miliyoni 81.5£ kuri rutahizamu wa Manchester City Julian Alvarez. Nyuma y’uko Atletico Madrid imaze iminsi igaragaza ko yifuza umunya Argentina watakira Manchester City Julian Alvarez, iyi kipe yo mu murwa mukuru wa Esipanye, yamaze kwemera ko izishyura amafaranga y’umurengera Manchester City yifuzaga kuri uyu mukinnyi. Mu minsi ibiri…
Reba ubusobanuro bw’inzozi 14 abantu bakunze guhuriraho harimo no kurota uvuza induru ukabura umwuka
•
Ubushakashatsi bwagaragajeko abantu bose barota, impamvu harimo abavuga ko batajya barota ni uko baba babyibagiwe naho ubundi umuntu wese ufite ubwonko ararota. Bamwe bavuga ko umuntu arota ibyo yiriwemo nka ya mvugo ngo:”Umutindi arota arya.” Nyamara siko biri kuko ushobora kurota umuntu utazi utigeze ubona bwacya ukamubona. Hari abantu bafite impano yo gukabya inzozi…
Umwana w’imyaka 13 yatawe muri yombi akurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 3
•
Ku mugoroba wo ku wa 03 Kanama 2024, ni bwo umwana w’imyaka 13 wo mu karere ka Rutsiro yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho gusambanya mugenzi we w’imyaka itatu. Amakuru avuga ko ibi byabereye mu murenge wa Musasa mu Kagari ka Gisiza ho mu mudugudu wa Karambi, ahagana mu masaha ya saa…
Umugabo yishwe n’umugore we yari agiye gucyura nyuma yo kwahukanira ku muturanyi
•
Amakuru avuga ko ibi byabaye ku wa 30 Nyakanga 2024, bibera mu karere ka Nyanza mu Murenge wa Mukingo mu kagari ka Cyerezo mu Mudugudu Kamabuye. Nyakwigendera yitwa Ndagijimana Jacques yari afite imyaka 25 y’amavuko, abakekwa kugira uruhare mu rupfu rwe ni abantu batatu barimo uriya mugore we witwa Byukusenge, uwitwa Icyimpaye Nyirahabimana na…