MissRwanda2022: Umuvugizi wa Rwanda Inspiration Back Up yasobonuye iby’umukobwa wahawe YES 3 ntakomeze mu gihe uwahawe No 3 yakomeje
•
Ntibyumvikana neza mu matwi y’umukobwa ushaka ikamba rya Miss Rwanda 2022 wanyuze imbere y’Akanama Nkemurampaka kagizwe n’abantu batatu agahabwa ‘YES’ eshatu zihwanye n’umubare w’abagize Akanama Nkemurampaka, ariko ntiyisange ku rutonde rw’abakomeje, kandi yasohotse afite icyizere!. Abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje guhererakanya amafoto ya bamwe mu bakobwa banyuze imbere y’akanama nkemurampaka bahawe ‘Yes’ eshatu nyuma…
Inkangu yahitanye abantu 14 abandi 35 barakomereka
•
Ikigo gishinzwe imicungire y’ibiza cyatangaje ko ku wa kabiri w’iki cyumweru, byibuze abantu 14 barapfuye abandi 35 barakomereka nyuma y’inkangu ikomeye yarengeye amazu menshi yo muri Colombia. Ibi byabereye i Dosquebradas, hafi yumujyi wa Pereira, nyuma y’imvura nyinshi yaguye muri iyo ntara ihingwamo ikawa. Ikigo gishinzwe kurwanya ibiza cya UNGRD cyatangaje ku…
Nyagatare: Umugeni waburiwe irengero ku munsi w’ubukwe yabonetse ashinja umugabo we kuba nyirabayazana w’ibyabaye
•
Abakurikirana imbuga nkoranyambaga bagiye babona mubihe bitandukanye amafoto n’Amashusho ndetse n’inkuru zavugaga ko Umugabo yatanze inkwano ndetse ubukwe bugategurwa nyamara umunsi nyirizina wagera wo gukora ubukwe Umugeni we akaburirwa irengero. Ibi byabaye kuwa 5 Gashyantare 2022, aho kumuyoboro wa YouTube witwa MORIOX MEDIA watambukijeho inkuru ivuga ko Ubukwe bupfuye kumunota w’anyuma ndetse ko…
Umwe mu bareganwa na Rusesabagina yarwariye umutima mu rukiko
•
Umwe mu baregwa hamwe na Paul Rusesabagina na bagenzi be, yagize ikibazo cy’uburwayi bw’umutima bwamufashe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, bituma urubanza rwari ruteganyijwe uyu munsi rusubikwa. Inteko y’Urukiko rw’Ubujurire ruburanisha uru rubanza, ikimara kwinjira mu cyumba cy’iburanisha, yahamagaye abaregwa ndetse n’abanyamategeko bunganira abaregera indishyi, gusa bamwe mu baregwa ntibaboneka barimo…
Dore ibintu bitangaje utakeka byongerera umuntu iminsi yo kubaho
•
Nubwo bigoye kumenya igihe uzamara ku isi cg kucyongera, bikaba bitanashoboka kubaho ubuziraherezo. Gusa, uburyo ubamo n’ibyo ukora mu buzima bwawe bigira uruhare mu kongera cg kugabanya igihe ubaho. Byaragaragaye ko hari bimwe mubyo ushobora gukora bikaba byagufasha kubaho igihe kirekire. . Ibintu byagufasha kuramba no kugira ubuzima bwiza . Ibintu byoroshye batuma ugira…
Sobanukirwa utubara tw’umweru tuza ku nzara(inono), inkomoko yatwo n’igihe dufashwa nk’ikimenyetso cy’indwara ikomeye
•
Inono cg se utuntu tw’umweru tuza mu nzara; dushobora kuza ari akadomo kamwe cg se imirongo minini mu nzara cg amano. Ibi bikunze kuba ku bantu benshi, mu gihe runaka mu buzima bwabo, kuba wagaragaza utu tubara mu nzara ntibivuze ko hari indwara waba ufite, kimwe n’uko bishobora kwerekana uburwayi bukomeye. . Inkomoko Y’inono…