Dore ibyo ugomba gukora n’ibyo kwirinda kugirango urinde uruhu rwawe gusaza imburagihe
•
Kurinda uruhu gusaza, mbere yo kuba watekereza imiti itandukanye n’ibindi bikoreshwa mu kururinda gusaza, hari ibintu bisanzwe ushobora kwikorera ubwawe ukaba warinda bimwe mu bimenyetso byerekana gusaza k’uruhu kuba byatangira kukugaragaraho. Niba nawe uri mu batangiye kubona ibimenyetso byo gusaza ku ruhu rwawe; ibi bishobora kuba uruhu ubona rutangiye gukweduka, iminkanyari, kwipfunyarika k’uruhu…
AFCON2022: Senegal yageza ku mukino wa nyuma yivuganye Burkina Faso – Ibihe by’ingenzi byaranze umukino
•
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu,ikipe ya Senegal yatsinze Burkina Faso ibitego 3-1 kuri Stade Ahmadou Ahidjo i Yaounde ihita ikatisha itike yo kugera ku mukino wa nyuma wa Total Energies Africa Cup of Nations. . Senegal yasezereye Burkina Faso ku kinyuranyo k’ibitego 2 . Sadio Mane yafashije Senegal kugera ku mukino wa…
Abasore: Dore ibimenyetso simusiga byakwereka ko umukobwa utereta azavamo umugore mubi uzaguhoza ku nkeke n’ibibazo bidashira
•
Niba uteganya gusaba umukobwa mukundana ko azakubera umugore,mukabana,kumenya niba witeguye koko gushaka ni icya kabiri cyo gutsinda urugamba . Ugomba ariko kumenya niba umukobwa mukundana muzabana rugakomera,urugo rwanyu ukarugiriramo ibyishimo n’umunezero. Urukundo rwonyine ntiruhagije kugira ngo wiyemeze gushaka umugore cyangwa umugabo. Hari n’indi mico y’umukunzi wawe uba ugomba kwitegereza no kwitondera kugira ngo…
Harahiye: Reba uburanga bwa Kazeneza Mercie ushyikiwe cyane n’ibyamamare muri MissRwanda2022 – aMAFOTO
•
Ibigwi bya Kazeneza Marie uri mu bakobwa 9 bahagarariye intara y’Uburengerazuba bari gushakwamo Nyampinga w’u Rwanda 2022 ,ubitse n’ikamba rya Kaminuza ya UTB ikamba amaranye Itandatu. Uyu mukobwa usanzwe atuye mu Mujyi wa Kigali, asubiye guhatana mu marushanwa y’ubwiza nyuma y’imyaka itandatu atorewe kuba igisonga cya mbere cya Miss RTUC 2016, Albine Nishimwe…
Sankara yikomye Ubushinjacyaha avuga ko bwamubeshye nyamara we yarubahirije ibyo basezeranye byose
•
Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ubujurire kudaha agaciro ubusabe bwa Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara na bagenzi be bifuza kongera kugabanyirizwa igihano. . Sankara yikomye ubushinjacyaha avuga ko bushaka kumuheza muri gereza kandi agapfa atarongoye ihogoza rye. . Sankara avuga ko yari yarumvikanye n’ubushinjacyaha ko yabufasha kubona amakuru nabwo bukazamufasha kubona igihano gito. . Ubushinjacyaha burasaba…
MissRwanda2022: Umukobwa yaciye ibintu nyuma yo gutangira kwiyamamaza ataremerwa kwinjira mu marushanwa – AMAFOTO
•
Ntabwo byari bisanzwe ko abakobwa biga mu mashuri yigisha ubwarimu nayo abonekamo abakobwa bashobora kujya guhatana muri Miss Rwanda, gusa kuri ubu umukobwa witwa Karigirwa Alice wo mu ntara y’Uburasirazuba yatangaje ko yamaze kwiyamamaza, kandi ngo icyizere ni cyose ko tariki 6 Gashyantare azahabwa amahirwe yo gukomeza. . Karigirwa Alice yahigiye kuba Miss Rwanda…