Aubameyang yaguzwe na FC Barcelone nyuma yo kujugunywa na Arsenal yari abereye Kapiteni
•
Pierre-Emerick Aubameyang yerekeje muri Barcelona nk’umukinnnyi utari ugifite amasezerano nyuma yo kuva muri Arsenal, kugenda kwe bikaba byitezwe gutangazwa ku mugaragaro kuri uyu wa kabiri. Uyu rutahizamu ukomoka muri Gabon, w’imyaka 32, yasinye amasezerano ku wa mbere nijoro. Kuva mu kwezi kwa cumi na kabiri ubwo yahanwaga na Arsenal kubera kurenga ku…
Rihanna agiye kwibaruka – amafoto
•
Umuhanzikazi Rihanna yatangaje ko ameze neza nyuma yo kugaragaza inda y’imvutsi atwite mu mafoto aherutse gufotorerwa ahitwa Harlem mu mujyi wa New York. We n’umukunzi we atwitiye, A$AP bagaragaye batemberana,ndetse uyu muraperi A$AP w’imyaka 33, yari ashyize ukuboko kwe kuri Rihanna ahandi ananamusoma ku mutwe. Rihanna yari yambaye ikoti rirerire rya Pink…
Abasore: Ibintu 9 wakorera umukobwa ukunda bigatuma ahora akora uko ashoboye kose ngo agushimishe
•
Niba uri mu rukundo n’umukobwa wihebeye, guhanga udushya kandi tw’umwimerere kugirango utume umukunzi wawe yiyumva nk’udasanzwe kugera ubwo yiyumva nk’umugore umwe ku isi wahiriwe ni kimwe mu buryo bwo gutuma akwimariramo wese bityo bigatuma na we akora ibishoboka byose ngo agushimishe. Nubwo hari inzira nyinshi, iwacumarket.xyz yaguhitiyemo inzira 12 wakoresha ukabigeraho bikoroheye cyane: Mwoherereze…
Dore ibiribwa byagufasha kugira amaso meza yera kandi mazima
•
Muri iki gihe usanga abantu benshi bambaye amadarubindi ndetse ntibigitangaza gusanga umwana w’imyaka 7 na we ayambaye, atari ukubera umurimbo ahubwo ari uburwayi bw’amaso. Nyamara kandi izo ndwara z’amaso nyinshi muri zo hari ibyo dushobora gukora tukazirinda, muri byo hakaba harimo gufata ifunguro ryiza rituma amaso akora neza kandi aba mazima. Soma n’iyi: Ibimenyetso…
Umukobwa akomeje kuvugwa cyane nyuma y’uko abujije umukunzi we gutera ivi ngo amwambike impeta akaba ari we upfukama – AMAFOTO
•
Nk’uko bimenyerewe muri iyi minsi iyo umusore agiye kwambika umukobwa impeta ibizwi nko gutera ivi, umusore niwe upfukama agasaba umukobwa ko yamwemerera bakabana akaramata. Ibi si ko byagenze muri Nigeria ubwo umusore yatunguraga umukunzi we agiye kumwambika impeta kuko umukobwa ariwe wahisemo gupfukama bakamwambika impeta. Mu gihugu cya Nigeria ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye…
Dore impamvu 3 zituma umukunzi wawe ahisha igihe aherukira kuri Whatsapp
•
Kuva WhatsApp yaza, kuvugana n’umukunzi wawe byarorohejwe, cyane cyane iyo urebye n’uburyo bwayo bworoshye bwerekana igihe umuntu ari cyangwa aherukira ku murongo, kwandika, kwandika ufata n’amajwi, kuba uri ku murongo ndetse no kuba utariho. Iyi porogaramu irashinjwa gutandukana kwinshi kw’abakundana kandi iyi ikaba n’imwe mu mpamvu nyinshi zituma abakobwa batangira guhisha ‘igihe baherukiraho’…