Abasore gusa: Dore abakobwa 6 udakwiriye gutekereza gushakana nabo mu buzima bwawe
•
Abasore benshi bagorwa no guhitamo uw’ubuzima bwabo, ugasanga bamwe barebera cyane ku buranga cyangwa ku mafaranga afitwe n’uwo mukobwa cyangwa umutungo w’iwabo. Niba uri umusore ushikamye rero, aba bakobwa tugiye kukubwira nta n’umwe wavamo umugore mwiza ukubereye. 1. Umukobwa utekereza ko afite amafaranga / Ari umukire Umukobwa utekereza ko afite amafaranga aragorana kandi…
Umupolisikazi yasanze umugabo we mu rugo aramwica arangije nawe ariyahura
•
Abashinzwe iperereza mu Ntara ya Trans Nzoia muri Kenya barimo gukora iperereza ku bwicanyi bivugwa ko bwakozwe n’umupolisi ukekwaho kuba yararashe umugabo we nawe akiyahura yirashe. Polisi ivuga ko ku cyumweru mu gitondo, umupolisikazi Dorcas Chebet w’imyaka 27 n’umugabo we Alex Andari 28 basanzwe bapfuye bazize amasasu mu nzu yabo. Bikekwa ko Chebet…
Yves Mutabazi byavugwa ko yaburiwe irengero yabonetse
•
Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yatangaje ko Mutabazi Yves byavugwaga ko yaburiwe irengero, yabonetse akaba ari Abu Dhabi. Yakomeje ivuga ko atigeze agaragara kubera uburwayi, ariko ubu ameze neza ndetse ari we uzatangaza byinshi namara gukira. Mutabazi Yves ukinira Ikipe y’Igihugu ya Volleyball yaburiwe irengero muri Leta Zunze Ubumwe…
Umukobwa yavuze ukuntu yajugunywe nk’umwanda n’umukunzi we yari yarahaye impyiko – UBUHAMYA
•
Umugore yatangaje ko yajugunywe bunyamaswa n’uwahoze ari umukunzi we nyuma y’amezi 10 gusa amuhaye impyiko. Colleen yavuze ko ubwo yari agize amahirwe yo guhindura ubuzima bw’umukunzi we mu myaka itandatu ishize, ntiyazuyaje kubikora. Ikinyamakuru The Sun kivuga ko ubwo bahura bwa mbere, Colleen yavuze ko umukunzi we yamubwije ukuri ko yarwaye indwara…
Bamwe mu bari bagiye kureba umukino wa Cameroon na Comoros bahasize ubuzima kubera umubyigano
•
Abantu umunani biravugwa ko bapfuye naho ababarirwa muri mirongo bagakomereka mu mubyigano hanze ya stade mu gikombe cya Africa cy’ibihugu muri Cameroun. Amashusho yerekana abafana b’umupira babyigana cyane mu kwinjira kuri Paul Biya stadium iri mu murwa mukuru Yaoundé ahari hagiye kubera umukino wa 1/8. Umwana umwe ari mu bapfuye, nk’uko byatangajwe…
Dore icyo wakora igihe usanze uwo ukunda yikundira abandi
•
Hari ijambo rikunze gukoreshwa n’abantu aho baba bagira bati “kunda ugukunda kuko uwo ukunda akunda abandi” gusa abenshi usanga bakoresha aya magambo cyangwa se iyi mvugo ariko mu by’ukuri nta busobanuro bwayo bazi. Twifashishije bimwe mu bitekerezo bya bamwe mu bakunzi n’abasomyi bacu ndetse twifashisha n’inama zitangwa na zimwe mu mpuguke ku bijyanye…