Reba isengesho ritangaje umusore yasengeye Ariel Wayz nyuma yo gushyira amabere ye hanze
•
. Ariel Wayz yashyize amabere hanze mu kwamamaza indirimbo ye nshya . Umusore arifuza ko indirimbo za Ariel Wayz zamamara kugirango azamwereke n’ibisigaye . Indirimbo nshya ya Ariel Wayz Hashije iminsi umuhanzikazi Ariel Wayz ateguje abafana be ko agiye gushyira hanze EP(Extended Play) akoresheje uburyo bwavugishije abantu bitewe n’amafoto yakoresheje agaragaza amabere ye.…
Umugore yari agiye kwiyahurira ku Nkundamahoro abashinzwe umutekano baramutesha – IMPAMVU
•
. Umugore yari agiye kwiyahurira ku Nkundamahoro atabarwa n’abashinzwe umutekano . Umugore yari agiye kwiyahura kubera kubura akazi Kuri uyu wa gatanu muma saa tanu n’igice umugore yagerageje kwiyahura nyuma y’uko yanditse urwandiko rusezera umuryango we agiye kwiyahura yaje gufatwa n’abashinzwe umutekano. Umugore yatangarije umunyamakuru ko impamvu nyamukuru yamuteye kwiyahura aruko yabuze…
Abagabo: Dore ingaruka mbi cyane uzahura na zo niba urenza iyi minota utera akabariro. Dore iminota myiza utagomba kurenza – UBUSHAKASHATSI
•
Abagabo benshi bubatse bafashe ko uko bamara igihe kinini mu gitanda batera akabariro n’abo bashakanye, ari bwo baba bari gukora ibidasanzwe kandi byiza mu buzima bw’abo bari kumwe. Ibi byatumye abagabo benshi bazahazwa n’uburwayi batazi ndetse bakangiza ejo hazaza habo havuba cyane. Benshi bashakisha imiti izajya ituma bamara iminota myinshi mu gitanda bari…
Abasore n’inkumi 50 bafatiwe mu nzu bari mu kirori cy’ubusambanyi – AMAFOTO
•
Polisi yo mu gace ka Kira yataye muri yombi abasore n’inkumi bagera kuri 50 bari mu birori byo gukora imibonano mpuzabitsina (Sex party) mu mazu yitwa Malaika mu gace ka Semwogerere, muri Zone ya Bukoto muri Diviziyo ya Nakawa mu Mujyi wa Kampala muri Uganda. Blizz ivuga ko aba bose bafashwe kandi bamwe…
Ingabo za Ethiopia zambuye imigi myinshi inyeshyamba za TPLF nyuma y’aho Abiy yigiriye ku rugamba
•
Leta ya Ethiopia kuri uyu wa Gatatu, yatangaje urutonde rw’imijyi myinshi ingabo z’iki gihugu zisubije nyuma y’igihe yarigaruriwe n’inyeshyamba za TPLF. Ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia kuri Twitter byavuze ko ingabo z’iki gihugu zambuye TPLF imijyi ya Kasagita, Burqa, Waiima, Chifra, Chiftu, Dire Ruqa na Alele Sulula; sisubizaho ubutegetsi bwa Leta ndetse hanahita…
Dore umwanya wa nyawo umuntu agomba kumara ahobereye umukunzi we kugirango yumve uburyohe buhebuje – UBUSHAKASHATSI
•
Mu gihe guhoberana bigaragaza ko abantu bishimiranye kandi hari n’urukumbuzi, bamwe bakumva ko kumara umwanya runaka bahoberana ari nako baba bimara urukumbuzi, abahanga bo bavuga ko intego y’iki gikorwa itagerwaho iyo abantu bahoberanye uruhwererane hejuru y’amasegonda 10. . Guhobera umukunzi wawe amasegonda hagati y’5 n’10 bituma wumva uburyohe burenze . Ibyishimo biterwa no guhoberana…