Niba ubona ibi bimenyetso ku musore mukundana menya ko yiteguye gushinga urugo uramenye ntuzabe umwana ngo agucike
•
Abasore benshi bakunda kwicara bakibaza niba igihe cyabo cyigeze ngo nabo bashinge urugo rwabo, noneho ugasanga barabuze icyabemeza niba gushinga urugo ari ibintu bizaborohera cyangwa se bizababera ihurizo rikomeye. Dore Ibintu 7 bigaragaza ko umusore yiteguye gushinga urugo 1. Kuba uri indahemuka mu mico no mu myifatire Nk’uko tubizi abamaze gushinga…
Umupolisi yapfuye amarabira nyuma yo kugerageza guca inyuma umugore we
•
Amakuru yaturutse muri Zimbabwe yavuze ko umupolisi wari usanzwe afite umugore yapfuye ubwo yashakaga gusambana n’umugore bari bahuriye muri parking. Amakuru avuga ko ibi byabereye muri parking y’agace kaberamo ubucuruzi aho uyu mupolisi Makomborero Mazowe yahuriye n’uyu mugore bari bafitanye ubucuti bw’ibanga witwa Cindy Vhutuza. Uyu mugore yabwiye abanyamakuru ko Bwana Mazowe…
Hongeye kugaragara ubwoko bushya bwa covid-19 bwahawe izina rya OMICRON mINSSANTE ihita itangaza ingamba nshya
•
Minisiteri y’Ubuzima imaze gutangaza ko guhera tariki ya 28 Ugushyingo abinjira mu Rwanda bazajya bajya mu kato k’amasaha 24 muri hoteli mu rwego rwo gukumira Covid-19 nshya yihindurije yabonetse muri Afurika y’Amajyepfo.
Dore umutoma woherereza umukobwa mu gitondo urukundo rugahita rwikuba ndetse akirirwa agutekereza umunsi wose
•
Muri iyi si y’ikoranabuhanga n’iterambere ryihuta abakundana basa n’abahorana kuko baba bavugana umunota ku wundi, byaba binyuze kuri telefoni bisanzwe cyangwa ku mbuga nkoranyambaga. Ibi bituma umuntu abasha kumenya amakuru y’umukunzi we isaha ku yindi. Abenshi bandikirana mu gitondo bakibyuka kugira ngo bamenye uko abakunzi babo baramutse. . Imitoma watera umukobwa mu gitondo akiriwa…
Abakobwa: Dore inyungu yo kwima umusore igihe cyose mutarushinga ndetse n’uko wabigenza ngo ubigereho
•
Abakobwa benshi bibeshya ko kuryamana n’umuhungu uba umufatishije, ko adashobora kuguca inyuma, ahubwo ko iyo agusabye ukamwima bituma ajya kubishaka ahandi akaguca inyuma. Nyamara ibi nukwibeshya cyane, iyo wamenyereje ko umusore ko buri gihe uko agushatse ahita akubona, iyo akubuze gato ikibazo kiravuka. Urugero ushobora kuba waramenyereje umuhungu ko igihe cyose abishatse mugomba gusambana,…
Weekend ntigupfire ubusa: Dore amabanga yizewe yagufasha kwigarurira umutima w’umukobwa wihebeye mu kanya nk’ako guhumbya. Gerageza gusa ubundi uzambwira
•
Hari benshi mu basore usanga bibaza icyo bakora bakigarurira imitima y’abakobwa bakundana nyamara burya mu rukundo hari ibyo aba asabwa kumukorera kandi mu by’ukuri bitanagoye cyane. . Ibintu byoroheje wakora ukigarurira umutima w’umukobwa ukunda . Kora ibi bintu wirebere ngo umukobwa aragukunda by’akarusho . Nta wundi musore yatekereza gukunda uramutse umukoreye ibi bintu .…