Yvette wamamaye muri City maid yateye umutoma ukomeye musaza wa Young Grace bari mu munyenga w’urukundo
•
Umutoni Yvette umaze kubaka izina muri sinema y’u Rwanda,yatomagije King Philosophe, musaza wa Young Grace. Umutoni yafashe ifoto ari kumwe na King Philosophe ayishyira ku rukuta rwe rwa Instagram ayiherekeresha impine y’amagambo ‘Love of my life’, aho yashakaga kuvuga ko uyu musore ari urukundo rw’ubuzima bwe. Ibi Umutoni abivuze mu gihe mu minsi ishize…
Ikibuno kinini n’uburanga ntibizagushuke! Dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza
•
Abagabo benshi usanga bahanze amaso ku bagore bafite ikibuno kinini, ba bagore tubona inyuma haba mu maso n’indi miterere y’umubiri bakavuga ngo ni beza, ariko ibyo byose hari igihe usanga waribeshye iyo mugeze mu rugo. . Ibimenyetso biranga umugore mwiza wizihiye urugo . Dore umugore mwiza uko aba ateye . Umugore nk’uyu ntazagucike .…
Dore ibimenyetso 9 bizakwereka ko yifitiye undi bakundana! Kuramo akawe karenge
•
Kutizerana hagati y’abakundana n’abashakanye ni ikintu kiri gukura cyane muri iyi minsi, mbese kiri kuba nk’umuco w’urubyiruko rw’ubu, ahari wagira ngo hari uwabateye umwete wo kubikora. N’ubwo bimeze bityo si bose bamenya ko bashyizwe inyuma y’umuryango ngo batamenya uko iyo kinamico yo gucana inyuma iri gukinwa. . Ibimenyetso byakwereka ko umukunzi wawe yifitiye undi…
Dore ibimenyetso 7 byakwereka ko urukundo urimo rudafashije ndetse ko ntaho ruzagera
•
Hari igihe umukobwa cyangwa umusore yibwira ko ari mu rukundo nyamara urebye neza ibyo we yita urukundo wasanga ari urukundo rudafatika ndetse rudafite iyo ruva n’aho rugana. Urukundo nkuru rugutakariza igihe rukanakubabaza ariyo mpamvu ntawukwiriye kurujyamo abibona. . Urukundo Rudafite Icyerekezo . Urukundo Rwawe Ntaho Rugana . Nta Hazaza Mufite Ikigaragaza urukundo rudafatika ni…
Ifurize umukunzi wawe ijoro ryiza muri aya magambo urebe ngo arara akurota akazageza ejo akigutekereza
•
Bakunzi b’iwacumarket.xyz, ntawe utashimishwa nokwakira ubutumwa bugufi bw’urukundo buvuye kuwo akunda mumasaha atandukanye y’umunsi ariko bikaba akarusho igihe uyakiriye mumasaha yo kuryama! . Amagambo Meza Y’urukundo . Uko Wakwifuriza Umukunzi Wawe Ijoro Ryiza . Imitoma Y’umugoroba,Imitoma Ya Nijoro . Amagambo wakoresha ugatuma umukunzi wawe arara akurota Nubwo buriwese ashobora kugira uburyo akoresha mugusangiza…
Umusore aratangaje. Yiyise Lt colonel kugirango akodeshe imodoka muri Volkswagen. Dore ibimubayeho
•
Polisi y’u Rwanda yerekanye umusore wiyise umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant Colonel agakodesha imodoka mu Ruganda rwa Volkswagen avuga ko iye yagize ikibazo kandi ari mu kazi ka Leta. . Umusore yatawe muri yombi kubera kwiyita Lt. Col kandi ari umusivile . Yateye ubwoba abakozi ba Volkswagen ababwira ko yabafunga Uyu musore ukurikiranyweho icyaha…