Ni irihe banga ryafashije TPLF gukubita incuro igisirikare cya Ethiopia cyari ku mwanya wa 3 mu bikomeye muri Afurika
•
Igisirikare cya Ethiopia, cyahoze kitisukirwa ndetse cyubahwa n’Amerika, cyakomeje gukubitwa inshuro cyane ku rugamba ku buryo leta yafashe icyemezo kidasanzwe cyo guhamagarira abaturage b’abasivile kujya mu ntambara bakayifasha guhangana n’inyeshyamba zo muri Tigray. Ni impinduka idasanzwe ku gisirikare. Mu mwaka ushize, cyahiritse ku butegetsi ishyaka rya Tigray People’s Liberation Front (TPLF) ryari…
Niba ubona ibi bintu mu rukundo rwanyu menya ko nta minsi rushigaje ndetse ko rwamaze kuzima ibyo ubona ari ivu risigaye
•
Bibaho ko abakundana bagera igihe bagatandukana ku mpamvu nyinshi zitandukanye. Hari igihe kandi umwe mubakundana abura aho ahera avuga ko atagikunda mugenzi we, ahubwo akifashisha ibikorwa runaka byo kumucira amarenga ko urukundo rwabo rugeze mu marembera. Ibintu bizakwereka ko umukunzi wawe atacyigukunda nk’uko byatangajwe n’urubuga Elcrema: 1. Nta cyizere ukigirira umukunzi wawe…
Habonetse umugezi ufite impumuro y’inzonga ndetse amazi yawo arimo alukoro
•
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri leta ya Hawaii, hari umugezi utangaje ufite impumuro nk’iy’inzoga ndetse n’amazi yawo aherutse gukorwaho ubushakashatsi basanga yifitemo alukolo. Ubu bushakashatsi bwakozwe nyuma y’amakuru y’abantu batandukanye baturiye uyu mugezi batanze. . Umugezi uhumura nk’inzoga Nyuma y’uko abaturage baturiye uyu mugezi batanze amakuru ku buyobozi, haje gukorwa ubushakashatsi ku…
Mugabo, niba wifuza kwitwara neza mu gitanda kandi ugahora wirahirwa n’umugore wawe dore ibintu 5 ugomba kuzinukwa
•
Isukari nyinshi ndetse n’amavuta biboneka mu biribwa n’ibyo kunywa mu mubiri ntabwo ari byiza ku buzima bw’ikiremwamuntu kuko itera umubyibuho ukabije by’umwihariko bigatuma umuntu ubifashe atabasha gutera akabariro neza. . Ibiribwa ugomba kwirinda kurya kugirango ushimishe umugore wawe . Uko washimisha umugore wawe mu buriri . Ibiribwa bituma umugabo yitwara nabi mu gihe cy’akabariro…
Ibintu 5 wakorera umukobwa mukundana akifuza guhora iruhande rwawe iteka
•
Kugira ngo umukobwa ahore yishimye igihe cyose muri kumwe burya biterwa n’uko umusore bakundana amufata n’uko amuganiriza ndetse n’amagambo amubwira iyo bari kumwe. Usanga abasore benshi cyangwa se abagabo bifuza kubona abakobwa b’inshuti zabo babasekera, babamwenyurira n’ibindi byerekana ko banezerewe, dore ko hafi y’abasore bose ngo babikunda ariko ngo ugasanga hari abatabigeraho bagakeka…
Niba utazi ibi bintu ntuzigera ushimisha umugore wawe mu buriri. Dore icyagufasha kuba udasanzwe kuri we
•
Abashakanye benshi bagira ibibazo byo kutaganira mbere na nyuma yo gutera akabariro, ngo buri wese yumve uko mu mashuka bigomba kuza kuba bimeze ndetse ntihagire ushimira undi cyangwa ngo amubwire uko igikorwa cyagenze n’icyo bakwiriye kuzongeraho. . Ibyo abagore baba biteze mbere yo gutera akabariro . Ibyo abagore baba biteze nyuma y’akabariro . Uko…