Kirehe: inka 13 zagiye konera umuturage zipfira mu murima we
•
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Ugushyingo 2021, Inka 13 z’abaturage 2 zapfiriye umunsi umwe, mu karere ka Kirehe , mu murenge wa Mpanga, nyuma y’uko zagiye konera umuturage amasaka zose zipfira muri uwo murima. . Inka zapfiriye mu murima zirimo kona . Inka zagiye kona amasaka zipfiramo zose . Abantu baguye mu kantu…
Naryamanaga na papa na marume gusa mama ntiyigeze anyizera ubwo namubwiraga ibiri kumbaho – UBUHAMYA BUTEYE AGAHINDA
•
Umugore yashyize hanze amakuru yari ahishwe avuga ko Se umubyara na nyirarume bamuhatiriye kuryamana bikarangira abikoze, yabibwira nyina akamutera utwatsi ahubwo akamusaba guceceka no kutagira icyo arenzaho ngo umuryango udaseba. . Naryamanaga na papa na marume bampatirije . Nabwiye mama ibyo papa na marume bankorera yanga kunyizera . Mama yansabye guceceka ubwo namubwiraga ko…
Biratangaje! Umusore n’inkumi Bahuriye kuri Facebook basezeranira kuri Zoom ntawe urahura n’undi
•
Ayse umukunzi we Darrin bambikanye iy’urudashira ku rubuga rwa Zoom rukoreshwa abantu baganira ndetse ko ubu ari umugore n’umugabo nubwo ntawe urahura na mugenzi we amaso ku maso. Ayse avuga ko magingo aya umubano wabo umeze neza nubwo bitarabakundira ko bahura ngo baganire. . Umusore n’umukobwa bashyingiraniwe kuri zoom . Umusore n’umukobwa bashyingiranwe nta…
Aho guhabwa akayabo k’ubwishingizi bwe nk’uko yari abyiteze, umugabo yashinjwe kwica amaguru ku bushake
•
Kubera gutema nkana amaguru ye kugira ngo asabe ubwishingizi bwa miliyoni 2.4 z’amapawundi yari yemerewe, umugabo yakatiwe igihano gisubitse n’ihazabu iremereye. Uregwa wiswe gusa Sandor Cs. kubera amategeko akomeye yo muri Hongria, yahamijwe icyaha cyo ku bushake nkana imbere ya gari ya moshi imuca amaguru kugira ngo ashobore guhabwa amafaranga y’ubwishingizi muri 2014.…
Umugabo yashyingiranwe n’umukobwa we yataye akiri uruhinja
•
Mu buryo atazi, umugabo wataye umukobwa yibyariye akiri umwana bivugwa ko yamurongoye akamugira umugore. . Yakundanye n’umukobwa we nyuma y’imyaka hafi 17 amutaye . Umugabo yaryamanye n’umukobwa we mu buryo atazi Uyu mugabo uzwi ku izina rya Travis Fieldgrove, ukomoka muri St Paul,Nebraska muri USA, yafunzwe azira gushaka no kuryamana n’umukobwa we…
Rafael York yahishuye icyatumye asiga amavubi yitegura gukina na Harambee Stars ya Kenya mu buryo budasobanutse
•
Umukinnyi Rafael York ukinira u Rwanda hagati mu kibuga ariko asatira,yatangaje ko yavuye mu ikipe y’igihugu igomba gukina na Kenya kubera ko inshuti ye ya hafi yapfuye. . Rafael York yagiye adakinnye umukino w’Amavubi na Kenya . Rafael York yavuze icyatumye agenda igitaraganya adakinnye umukino w’Amavubi na Kenya . Rafael York yavuze impamvu…