Bamwe bakutse umutima kubera ibitaramo biri kwisukiranya basaba Leta kubisubika
•
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuwa 13 Ukwakira 2021, yoroheje zimwe mu ngamba zo kurwanya icyorezo cya Covid-19. ibi byakurikiwe n’itegurwa ry’ibitaramo bitandukanye by’imyidagaduro nka kimwe mu byari bikumbuwe nabanyarwanda benshi nyuma y’igihe kirenga Umwaka bihagaritswe. Ibitaramo byari bikumbuwe na benshi Ku ikubitiro kuwa 23 Ukwakira uyu mwaka, Bianca Fashion Hub yabimburiye abandi mu gutegura…
Ngiki igisobanuro cy’inyinya zigirwa na bake kuri iyi si ndetse n’ibiranga abazifite
•
Inyinya mu rurimi rw’Ikilatini yitwa ‘Diastema’. Ni umwanya usa n’icyuho kiri hagati y’amenyo abiri y’amabwene (Incisive), ikaba iza ahanini ku rwasaya rwa ruguru. Urubuga rwa Heatlth Line rusobanura ko inyinya iterwa n’impamvu nyinshi, cyane cyane amenyo mato umuntu aba afite, ku buryo adashobora gukwira ku rwasaya rwose. Ruvuga ko kandi umubare munini w’amenyo na…
Nyirantezimana yakubiswe iz’akabwana azira kuryamana n’abana barenga 30 akabanduza SIDA
•
Nyirantezimana Dinah w’imyaka 25 y’amavuko yahondaguwe n’abaturage bo mu Karere ka Kisoro muri Uganda, bamuziza gusambana n’abana bagera kuri 30, akabanduza SIDA. Uyu mukobwa bivugwa ko akomoka mu Murenge wa Nyange w’Akarere ka Musanze mu Rwanda asanzwe akorera uburaya mu gace kitwa Russia muri Kisoro. Umubyeyi umwe utuye muri aka karere ngo yamenye ko…
Mwiza Joannah wakundanye akanabyarana na Uncle Austin yambitswe impeta n’undi musore bagiye kurushinga
•
Mwiza Joannah wabyaranye n’umuhanzi akaba n’umunyamakuru wa Kiss FM , yambitswe impeta n’umusore bitegura kurushinga. Ku itariki ya 11 Ugushyingo 2021,nibwo Mwiza Joannah abinyujije kumbuga nkoranyamabaga akoresha, agaragaza ko yishimiye kwambikwa impeta n’umusore bamaze igihe bari mu munyenga w’urukundo witwa Hirwa. Joanna yagize ati “Yabikoze, ndiyumva bidasanzwe ndanezerewe cyane” Hirwa na Joannah bari…
Nana yahishuye byinshi ku musore uba mu Bubirigi bagiye kurushinga
•
Uwamwezi Nadege wamama ye ku izina rya Nana muri muri filime y’uruhererekane ya City Maid , yahishuye ibyihariye ku musore uba mu gihugu cy’Ubuligi bari kwitegura kurushinga , anasobanura ibitangaje yakundiye uyu mukunzi we. . Uwamwezi uzwi nka Nana agiye gukora ubukwe . Ikintu Nana yakundiye umukunzi we bagiye gukora ubukwe . Byinshi kumukunzi…
Arsene Wenger yahishuye ikosa rikomeye yakoze muri Arsenal yabereye umutoza imyaka 22 yose ndetse araryicuza
•
Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal, Arsene Wenger yemeye ko yicuza kuba ataravuye muri Arsenal mbere y’umwaka wa 2018 kuko yagiye ahabwa akazi kenshi n’amakipe akomeye akakanga kugira ngo agume muri iyi kipe. Iki cyamamare mu butoza cyahoze ari umutoza wa Gunners cyegukanye ibikombe bitatu bya shampiyona ndetse n’ibikombe birindwi bya FA mu myaka 22…