Reba ikintu cyatumye Zinedine Zidana yanga gutoza manchester United
•
Amakuru yatangajwe n’ibinyamakuru avuga ko Zinedine Zidane adashobora kwerekeza muri Manchester United bivugwa ko imwifuza ngo asimbure Ole Gunnar Solskjaer uri gutsindwa umusubirizo. Zidane w’imyaka 49 nta kazi afite nyuma yo kuva muri Real Madrid,gusa ikinyamakuru cyo muri Espagne AS cyavuze ko Zidane atifuza gutoza United. Kivuga ko uwahoze ari umutoza wa…
Udushya utamenye twaraze igitaramo cya Bruce Melodie kitabiriwe cyane urebe n’amanota yihaye kirangiye[AMAFOTO]
•
Niba waracitswe kureba imbonankubone igitaramo “10 Years Of Bruce Melodie” cya Bruce Melodie cyo kwizihiza imyaka 10 ishize ari mu muziki Iwacumarket.xyz igiye kukunyuriramo muri make iby’ingenzi n’udushya byaranze iki gitaramo. . Uko igitaramo cya Bruce Melody cyagenze . Ibyamamare byitabiriye igitaramo cya Bruce Melody . Bruce Melody yihaye 90% nyuma y’uko igiteramo…
Mu mafoto reba uko byari byifashe mu gusaba no gukwa Miss Keza Joannah
•
Miss Bagwire Keza Joannah wegukanye ikamba rya Miss Heritage muri Miss Rwanda 2015, akaba ari n’umunyamakuru wa KISS FM yasabwe anakobwa n’umukunzi we Murinzi Michel. . Umuhango wo gusaba no gukwa Miss Keza Joannah . Miss Keza Joannah yasabwe aranakobwa Umuhango wo gusaba Keza wabaye ku munsi w’ejo tariki ya tariki 7 Ugushyingo…
Ibibazo 10 ugomba kwibaza mbere yo gutandukana n’umukunzi wawe kugirango ejo utazicuza bitagifite igaruriro
•
Gutandukana n’umukunzi wawe si ibintu byoroshye na mba. Hari abatandukana babihubukiye, nyuma bakifuza kuba bakongera gukundana n’abo bashwanye, ugasanga ntibibashobokeye cyangwa bakabigeraho bibagoye cyane. . Ibibazo wakwibaza bikakurinda guhubuka igihe ugiye gutandukana n’umukunzi wawe . Uko wamenya niba gutandukana n’umukunzi wawe ari cyo gusubizo cyonyine gisigaye Dore ibibazo 10 muba mugomba kwibaza…
Reba ibintu Lionel Messi n’umugore we bakoreye kuri Tour Eiffel bari basohokeyeho – AMAFOTO
•
Rutahizamu wa PSG,Lionel Messi yasohokanye umugore Antonella Roccuzzo imbere y’umunara wa Eiffel ubwo aba bashakanye bishimiraga umugoroba w’urukundo i Paris. . Lionel Messi N’umugore We . Messi Yasohokanye Umugore We Kuri Tour Eiffel . Messi Yasomeye Umugore We Kuri Tour Eiffel Uyu mukinnyi ukomoka muri Argentina utari gukina kubera imvune yari yambaye ikote…
Ole Gunnar Solskjaer yatangiye gukemangwa n’abakinnyi bakomeye muri Manchester United
•
Gahunda ya Manchester United yo gukomeza kugumana Ole Gunnar Solskjaer kugeza shampiyona irangiye iragenda ikomwa mu nkokora n’imyitwarire ya bamwe mu bakinnyi batangiye kumushidikanyaho nyuma yo gutsindwa imikino ya Manchester City na Liverpool. . Ole Gunnar Solskjaer yatangiye gutakarizwa icyizere n’abakinnyi . Ole Gunnar Solskjaer ashobora kwirukanwa kubera gutsindwa . Manchester United ikomeje gutsindwa umusubirizo …