Umwana yavukanye umurizo udasanzwe ukomeje gutangaza benshi
•
Abaganga batunguwe n’umwana wavukiye ibyumweru 35 afite umurizo muremure kandi udasanze. Ururuhinja ngo ni rumwe muri 40 zavutse zimeze gutya mu mateka y’abantu. Uyu mwana udasanzwe yavutse afite umurizo wa 12cm uri ku itako ryibumoso, ufite umubyimba wa 4cm z’ubunini ku mpera. Abaganga bo mu bitaro by’abana bya Albert Sabin i Fortaleza,…
Perezida Kagame yasabye umuhungu wa Gen. Fred Gisa Rwigema gutaha mu Rwanda cyangwa akajya arusura
•
Perezida Kagame yitabiriye ubukwe bw’umukobwa w’intwari y’igihugu Fred Gisa Rwigema witwa Teta Gisa,washakanye na Marvin Manzi, umuhungu wa Louis B. Kamanzi nyiri Radio Flash mu bukwe bwabereye i Kigali kuri uyu wa Gatandatu,tariki ya 06 Ugushyingo 2021. . Perezida Kagame Yatashye Ubukwe Bwa Teta Gisa . Umuhungu Wa Gen. Rwigema Ntiyitabiriye Ubukwe Bwa Mushiki…
Ibyo Kaddafi Pro na Dj Brianne bakoreye mu gitaramo cya Bruce Melody biratangaje – VIDEO
•
Umuhanzi Bruce Melodie yanditse amateka atazibagirana mu muziki nyarwanda mu gitaramo gikomeye yakoze mu rwego rwo kwizihiza imyaka 10 amaze mu ruhando rwa muzika nyarwanda . . Kaddafi Pro na Dj Brianne bari bahuje urugwiro . Kaddafi Pro na Dj Brianne babyinnye karahava mu gitaramo cya Bruce Melody . Udushya twaranze igitaramo cya Bruce…
Niyo Bosco yaserukanye agashya mu gitaramo cya bruce Melody atuma amarangamutima ya benshi azamuka – AMAFOTO
•
Umuhanzi Niyo Bosco yazamuye amarangamutima y’abatari bake bari bitabiriye igitaramo cya Bruce Melodie kuri uyu mugoroba wo kuwa Gatandatu tariki 06 Ugushyingo, aho yaririmbye akava ku rubyiniro abantu batabishaka. Uyu muhanzi yaserutse ku rubyiniro arinzwe na Rutambi, umusore w’amatuza uzwi ku mbuga nkoranyambaga no mu biganiro kuri Youtube. Akaba n’umukinnyi wa filime. Rutambi yabyinishaga…
Hamuritswe imodoka ibonerana itangaza abatari bake ku isi – AMAFOTO
•
Tekereza wicaye mu modoka mu Rwanda cyane cyane nko mu mujyi wa Kigali, ahaba abantu benshi ,ariko nanone abantu bakaba babasha kureba ibintu byose biri mu modoka imbere, yaba abantu bayicayemo, ibyuma biyikoze, ndetse nibindi.Uko urimo kubyumva ninako iyi modoka idasanzwe iteye. . Hashyizwe hanze imodoka y’ibirahuri aho umuntu uri hanze azaba areba…
Ikamyo yikoreye esanse yaturikiye mu mugi ihitana abantu basaga 100
•
Abantu batari bake baraye bapfuye abandi barakomereka ubwo ikimodoka gitwara ibikomoka kuri peteroli cyaturikiraga ku murwa mukuru wa Sierra Leone, Freetown. Iyi mpanuka yabaye ubwo iyi kamyo ipima metero 12 yagonganaga n’iyindi modoka mu mahuriro y’umuhanda hasanzwe haba abantu benshi. Amashusho yerekanwe n’ibinyamakuru byo muri icyo gihugu yerekanye imirambo y’abantu bahiye bagatokombera…