AS Kigali yandagaje Kiyovu Sports kuri Sitade ya Kigali
•
Ikipe ya AS Kigali yakoze ibyo benshi batatekerezaga ku munsi wa kabiri wa shampiyona y’u Rwanda, ubwo yanyagiraga Kiyovu Sports ibitego 4-0 mu mukino wabereye kuri stade ya Kigali i Nyamirambo. . AS Kigali yanyagiye Kiyovu Sports 4-0 . Kiyovu Sports yananiwe kwihagararaho imbere y’abafana Nyuma yo kubona ibyangombwa byo gukinisha abanya Uganda…
Tottenham yemeje Antonio Konte nk’umutoza wayo
•
Ikipe ya Tottenham Hotspur yo mu gihugu cy’u Bwongereza, yemeje Umutaliyani Antonio Conte nk’umutoza wayo mushya. Conte wari udafite akazi nyuma yo gutandukana na Inter de Milan, yasinye amasezerano yo gutoza Tottenham kugeza mu mpeshyi ya 2023 ariko ashobora kongerwa nk’uko iyi kipe yabyemeje ku rubuga rwayo. Tottenham yemeje Antonio Conte nk’umutoza wayo mushya…
Abakobwa: Dore ibimenyetso simusiga byakwereka ko umusore mukundana adateze kukugira umugore. Niba mukiri kumwe urata umwanya wawe
•
Mumaze igihe kirekire mukundana ariko urabona ibyo kubana biri kure nk’ukwezi!! Komeza usome niba wifuza kumenya ibimenyetso byakwereka ko atazigera akugira umugore we. . Ibimenyetso Byerekana Ko Umusore Mukundana Atazakurongora . Ibimenyetso biranga umusore ufite gahunda . Ntazigera akugira umugore niba umubonaho ibi bimenyetso . Ntashaka ko mubana niba akwereka ibi bimenyetso Bavuga…
Abafana binjiye mu kibuga bamenagura vAR na za Camera nyuma y’uko ikipe yabo itsinzwe – AMAFOTO
•
Ku cyumweru, abakinnyi ba Gremio bahatiwe guhungira mu rwambariro nyuma yuko abafana bari barakaye cyane bamanutse mu kibuga nyuma yo gutsindwa na Palmeiras ibitego 3-1. . Abafana bamennye VAR bayishinja kubiba mu mukino ikipe yabo yatsinzwe . Ikipe ishobora gucibwa asaga miliyari 13RWF kubera abafana Abafana bamanutse mu kibuga cya Arena do…
Mu mafoto ihere ijisho ikimero n’uburanga bya Miss Urujeni wifashishijwe mu ndirimbo Tiku Tiku ya Buravan
•
Umuhanzi Yvan Buravan yasohoye indirimbo ye nshya yise ‘Tiku Tiku’ yifashishijemo Houssina Urugeni Sinderibuye, umunyarwandakazi uri mu mubakobwa 8 bari guhatanira ikamba rya Miss Africa France 2021, irushanwa ritora umukobwa uhiga abandi mu bwiza mu Banyafurika batuye mu Bufaransa . Miss Urujeni wagaragaye mu ndirimbo ya Yvan Buravan . Indirimbo Tiku Tiku ya Yvan…
Umunyezamu Denis Onyango wahoze ari Kapiteni wa Uganda Cranes yaciye agahigo ku isi katarakorwa n’undi munyezamu uwo ari we wese
•
Denis Onyango ukomoka muri Uganda yashyizeho agahigo ko gufata Penariti 5 mu mukino umwe wenyine. . Umuzamu Denis Onyango yafashe penaliti 5 mu mukino umwe . Denis Onyango yaciye agahigo gakomeye ku isi . Denis Onyango yafashije ikipe ye ya Mamelodi Sundowns kwegukanda igikombe Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo muri Afurika…