Nuno Espirito Santo yirukanwe na Tottenham Hostpur nyuma yo kunyagirwa na Manchester United
•
Ubuyobozi bukuru bwa Tottenham Hotspur bumaze gufata icyemezo cyo kwirukana umutoza mukuru, Nuno Espirito Santo na babiri bari bamwungirije, Rui Barbosa na Antonio Dias bazira umusaruro mubi. Umuyobozi ushinzwe umupira w’amaguru muri Tottenham, Fabio Paratici yagize ati; “Nuno ndamuzi neza, hamwe n’abamwungirije bifuzaga gutsinda, mbabajwe no kuba twafashe iki cyemezo.” Nuno n’abamwungirije birukanwe nyuma…
Nyuma y’ibyumeru bike muri PSG, Lionel Messi arifuza gusubira muri Barcelona
•
Umunyabigwi Lionel Messi yahishuye ko yatangiye gukumbura ikipe ya FC Barcelona ndetse yifuza kuva muri PSG kubera ubucucike bw’imodoka ziba i Paris ’butihanganirwa’ no kuba umugore we n’abana be batatu bananiwe ubuzima bwo kuba muri hoteli. Muri Kanama uyu mwaka, nibwo Lionel Messi yavuye muri Barcelona yari amazemo imyaka 21 ariko yatangiye kuvuga…
The Ben na Miss Pamella bakomeje kuryoshya ku mucanga nyuma y’uko bemeranijwe kubana – AMAFOTO
•
Mu mashusho ari gucicikana ku mbuga nkoranyambaga The Ben ubwe yishyiriye kuri konti ye ya Instagram ahashyirwa ubutumwa bumara umunsi umwe, amugaragaza ari kwirukankana ku mucanga na Miss Pamella Uwicyeza aherutse kwambika impeta. Muri ayo mashusho The Ben bigaragara ko ariwe uri gufata amashusho yabo bari kwiruka, The Ben ari imbere, umukunzi we…
Dore ibyago bikomeye uzahura na byo niba uhita wambara imyenda nyuma yo gutera akabariro
•
Nyuma yo gutera akabariro hari ibyo ugomba gukora cyangwa kudakora kugirango ukomeze kugira ubuzima bwiza. . Dore impamvu udakwiye guhita wambara imyenda ukimara gutera akabariro . Ingaruka mbi zo guhita wambara imyenda igufashe nyuma yo gutera akabariro . Ibibi byo kwambara ikariso nyuma y’imibon1no mpuzabits1na Abantu bagirwa inama yo kwihagarika nyuma y’akabariro…
Birababaje: Batwika amabere y’abakobwa b’abangavu kugirango adakura bakarangazwa n’abasore – AMAFOTO
•
Mu bihugu bitandukanye, hari imico iba itangaje kuri bamwe. Muri Cameroon hari imiryango imwe n’imwe ifite imico yo gushyira amabuye ashyushye ku mabere y’abakobwa kugira ngo batazaba beza cyane bishamaje, bityo ngo bikabarinda abasore kuba babatereta. . Bashyira amabuye ashyushye ku mabere ngo adakura . Abana b’abakobwa bahohoterwa n’ababyeyi babo Amateka n’amakuru bigaruka…
USA igiye gukora intwaro yica kurusha izindi zakozwe kugeza ubu nyuma yo guterwa ubwoba na misile abashinwa baherutse kugerageza
•
Kuri iki cyumweru, Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yahaye itsinda ririmo Boeing amasezerano yo kubaka intwaro ya laser (Laser weapon) isohora kilowatt 300 z’amashanyarazi y’igisirikare cy’Amerika. Igisirikare “kizerekana” igishushanyo mbonera mu mwaka utaha. . Leta zunze ubumwe za Amerika zigiye gukora intwaro ikoresha amashanyarazi ikomeye kurusha izindi zakozwe kugeza ubu ku isi…