Dr Emmanuel Ugirashebuja has been appointed Minister of Justice
•
Dr Ugirashebuja replaces Busingye Johnston, who was recently appointed Rwandan Ambassador to the United Kingdom. . Who Is Dr. Emmanuel Ugirashebuja, The New Justice Minister? . What you should know about Minister Emmanuel Ugirashebuja Dr Ugirashebuja, 45, was born in Nairobi, Kenya and holds a PhD in law from Edinburgh University in…
Dr Ugirashebuja Emmanuel wagizwe Minisitiri w’ubutabera ni muntu ki?
•
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Gatanu yagize Dr Emmanuel Ugirashebuja Minisitiri mushya w’ubutabera akanaba intumwa nkuru ya Leta y’u Rwanda. . Dr Ugirashebuja Emmanuel ni we wasimbuye Busingye Johnston . Minisiteri y’Ubutabera yabonye umuyobozi mushya . Ibyo wamenya kuri Minisitiri Emmanuel Ugirashebuja Dr Ugirashebuja yasimbuye kuri uyu mwanya Busingye…
Iyo umuntu aguhaye ibiguhagije asagurira n’abandi – Mukarujaganga avuga impamvu umukunzi we atamufuhira
•
Umukinnyi wa filime Nyarwanda, Mujawamariya Hyacinthe uzwi nk Mukarujanga yabyaranye mu kwezi gushize n’umuhanzi ukizamuka Sano Adolphe ’True Boy’ yafashaga mu muziki. . Mukarujanga yabyaranye n’umusore urangije amashuri yisumbuye . Mukarujanga ateganya kubaka urugo mu myaka 5 iri imbere . Sano Adolpfe yavuze ko yitegura kurushinga na Mukarujanga Mukarujanga yabwiye shene ya…
Umugore w’uburanga yaciye ibintu nyuma yo kuzenguruka umugi afite icyapa cyanditseho ko ashaka umugabo
•
Umugore wo mu gihugu cya Tanzania witwa Baby Nai, amaze iminsi itanu azenguruka umujyi wa Dar es Salaam yambaye ikanzu y’ubukwe ngo arebe ko yabona umugabo barushingana, gusa avuga ko namubura azaza no gushakira mu Rwanda. . Umugore w’uburanga arimo kuzenguruka ar es Salaam ashaka umugabo umurongora nk’uko icyapa afite kibyerekana . Umugore ari…
Umunyeshuri yateye icy’inyuma yishimira ko asoje amasomo ya Kaminuza ahita apfa
•
Umunyeshuri witwa Abdul Majeed Sani, wari usoje amasomo muri Kaminuza ya Winneba (UEW), yapfuye nyuma yo gukora siporo (backflipping) yishimira ko akoze ikizamini cya nyuma cya kaminuza. . Yakoze sport yishimira ko arangije Kaminuza akuba ijosi . Umunyeshuri yateye icy’inyuma nabi bimuviramo gupfa . Yapfuye ubwo yishimiraga gusoza amasomo ya Kaminuza Uyu…
Inyubako y’abo kwa Rwigara igiye gutezwa cyamunara
•
Igorofa igeretse kane ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda (Frw) arenga miliyari imwe y’umuryango wa Rwigara Assinapol wabaye umunyemari ukomeye mu Mujyi wa Kigali, igiye gutezwa cyamunara. Uyu mwanzuro watanzwe n’Urukiko rw’Ubucuruzi nyuma yo gutesha agaciro ikirego cy’uruganda rwa Premier Tobacco Company Ltd rw’uyu muryango, cyasabaga ko cyamunara y’iyi gorofa yaburizwamo, rushingiye ku kuba cyaratanzwe…