Kwizera Olivier yavuze ukuri kose ku mukobwa watumye asezererwa mu mwiherero w’Amavubi
•
Umunyezamu w’ikipe y’igihugu,Amavubi,Kwizera Olivier uheruka gusezererwa n’umutoza Mashami Vincent mu mwiherero wa mavubi , kubera yagaragaye aganira kuri ‘Instagram live’ na Kayesu Shalon uzwi ku izina rya Shazzy ,yavuze byose byatumye ava mu mwiherero anavuga uburyo yarenganye. Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na The Choice Live yatangiye asobanura iby’ifungwa rye ,ndetse anavuga n’impamvu…
Abakobwa: Dore icyo wakorera umusore mukundana bigatuma agusaba kumubera umugore
•
Ibijyanye n’ubukwe ni ikintu gikomeye ndetse no kugifataho umwanzuro biragorana kuko usanga abantu bashobora kumarana imyaka myinshi mu rukundo ariko bakananirwa kwemeranya niba umwe aza umugabo undi akaba umugore. Usanga iyo umukobwa amaranye igihe kinini n’umusore ntacyo abivugaho bimuyobera agatangira kumutakariza icyizere ndetse akumva ko ari ibintu bitakwihanganirwa. Kubana nk’umugabo n’umugore bitandukanye n’umubano…
Dore incuti 5 ugomba kwirinda kugisha inama ku by’urukundo rwawe
•
Kugira inshuti ni byiza ariko si ko zose ugomba kuzibwira ibyawe cyagwa kuzigisha inama kuri byose cyane cyane iby’urukundo kuko hari igihe zagusenyera kandi wowe uzizera zikaba arizo ziguhemukira. . Abantu utagomba kugisha inama mu rukundo . Incuti ugomba kwirinda kugisha inama mu by’urukundo Dore inshuti ukwiriye kwitondera kugisha inama : …
Cristiano yatangiye guca uduhigo mu Bwongereza ataratangira gukina ndetse afasha Manchester United kugaruza ayo yamutanzeho
•
Rutahizamu w’umunya-Portugal, Cristiano Ronaldo, uherutse gusinyira Manchester United amasezerano y’imyaka ibiri, yatangiye guca uduhigo mu Bwongereza atarakinira iyi kipe umukino n’umwe, nyuma y’uko umwenda azambara ukubye kabiri amafaranga yaguzwe mu masaha 12 gusa ushyizwe ku isoko. Ku wa Kane w’icyumweru gishize ni bwo Manchester United yatangaje ko Cristiano azambara nimero 7, yamburwa Cavani…
Uburyo Neymar yahemukiye Mbappe agatuma aterekeza muri Real Madrid nk’uko yabyifuzaga
•
Ubwo isoko ryari rigiye gusozwa,ikipe ya Real Madrid yakoze ibishoboka byose itanga amafaranga menshi kugira ngo ibone Kylian Mbappe ariko byarangiye PSG iyanze nubwo ibizi neza ko uyu mukinnyi ari kuyikinira umwaka wa nyuma. Nubwo benshi bibajije impamvu PSG yanze kugurisha Mbappe kandi ibizi neza ko azagendera ubuntu mu mpeshyi itaha,ibinyamakuru byavuze ko…
Sobanukirwa byinshi ku kuba mukagatare n’uko wabirwanya
•
Kumagara mu gitsina ari nabyo bakunze kwita kuba mukagatare, ni ikibazo gikunze kuba ku bagore n’abakobwa mu buzima bwabo gusa bikaba akarusho iyo ageze mu gihe cyo gucura. Nubwo rero bamwe bajya bibeshya ko ibi bidakira, nyamara kandi iki ni ikibazo gishobora gukira iyo ubikurikiranye ndetse ugakoresha neza inama n’imiti uhawe. Muri…