Lionel Messi agiye gukina umukino we wa mbere mu ikipe itari FC Barcelone. 22 PSG yitwaje kuri iki cyumweru igiye gusakirana na Reims
•
Kuri iki cyumweru,Lionel Messi, Neymar na Kylian Mbappé bose bashyizwe muri 22 ba Paris St-Germain (PSG) ku mukino wa shampiyona ya Ligue 1 uyihuza na Reims kuri iki cyumweru saa tatu na 45 z’ijoro (21h45). Messi ntabwo arakinira iyi kipe kuva yayigeramo muri uku kwezi, nyuma yo kuva muri Barcelona kontaro ye imaze…
Ni nde uza kubona itike yo kwinjira muri 1/4 hagati y’u Rwanda na Guinee? Dore uko imibare ihagaze
•
Ikipe y’u Rwanda ya Basketball mu gikombe cya Africa ku wa mbere izakina n’iya Guinée kugira ngo zishakemo ikomeza muri kimwe cya kane cy’irangiza. Ni nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa gatandatu ikipe y’u Rwanda itsinzwe na Cap-Vert (Cape Verde) ku manota 82 kuri 74, igahita iba iya kabiri mu itsinda. …
U Rwanda rwinjije mu gisirikare abasirikare bashya bahawe imyitozo ihambaye(Special Forces) – AMAFOTO
•
Igisirikare cy’u Rwanda cyungutse amaraso mashya y’abasore n’inkumi bahawe imyitozo ikomeye mu gihe cy’umwaka mu Kigo cy’imyitozo cya Gisirikare cya Nasho mu Karere ka Kirehe. Imyitozo yemerera aba basirikare kwinjira mu ngabo z’u Rwanda, bayisoje kuri uyu wa Gatandatu tariki 28 Kanama 2021 ndetse banahabwa ikaze n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Gen Jean…
Tungurusumu umuti ukomeye kandi utangaje uvura indwara nyinshi. Uko ikoreshwa n’ibyo kwitondera
•
Tungurusumu ni umuti w’igitangaza, ni antibiyotike ikomeye cyane mu rwego rwo hejuru! Kurya tungurusumu buri munsi bifitiye akamaro umubiri wacu cyane. Tungurusumu zibarizwa mu muryango umwe n’ibitunguru witwa allium. Zikoreshwa mu guhumuza no kuryoshya ibiryo, si ugutanga uburyohe gusa kuko buriya ni umuti ukomeye cyane urinda umubiri wacu indwara nyinshi; izikomoka kuri bagiteri,…
Ntibisanzwe: Nyuma y’iminsi mike cyane avuye ku buminisitiri ubu ni umunyonzi ugeza ibiryo ku bakiriya
•
Ubuzima buhinduka nk’igicu kandi mu gihe gito cyane, abahanga bo baca umugani bati ‘Iminsi ni imitindi kandi iminsi ikona ingwe’, aha baba bashatse kuvuga ko ibintu bihinduka. Umugabo wari umunyacyubahiro muri Afuganisitani, Sayed Sadaat wari Minisitiri w’itumanaho ibintu byamuhindukiyeho aho ubu anyonga igare mu Budage. Mu nkuru y’ikinyamakuru Reuters, bavuga ko Sayed Sadaat…
Impaka zabaye nyinshi muri RDC, ngo Perezida wabo yifotoreje inyuma y’uw’u Rwanda
•
Impaka zabaye nyinshi muri bamwe bakoresha imbuga nkoranyambaga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) nyuma yo kubona ifoto igaragaza Perezida wabo, Félix Tshisekedi ari inyuma y’uw’u Rwanda, Paul Kagame. Iyi foto igaragaza aba bakuru b’ibihugu, Shanseliyeri Angela Merkel, Perezida Macky Sall wa Sénégal, Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, Alpha Condé wa Guinea, Mousa…