Ababyeyi bagaragaye bari kujugunya abana babo inyuma y’uruzitiro rw’amashanyarazi babahungisha Abatalibani [AMAFOTO]
•
Ubuzima bukomeje kuba bubi ku baturage batifuza kuyoborwa n’Abatalibani baherutse gufata igihugu cya Afghanistan kuko hari amashusho yagaragaye ababyeyi bari kujugunya abana babo inyuma y’uruzitiro rw’ikibuga cy’indege cya Kabul kugira ngo babahungishe. Abagore bari bafite ubwoba bwinshi,bagaragaye bari kujugunya abana babo babanyujije hejuru y’uruzitiro rwari rwashyizwemo amashanyarazi ku kibuga cy’indege cya Kabul hanyuma…
Ikigo Radio na TV1 cyongeye gusezerera abandi banyamakuru 3 bakomeye
•
Radiyo na Televiziyo 1 biravugwa ko yasezereye abandi banyamakuru batatu b’imena bitewe n’ikibazo cy’amikoro make cyatewe ingaruka z’icyorezo cya Covid-19. Igitangazamakuru Ukwezi dukesha aya makuru kuri uyu wa 19 Kanama 2021 cyatangaje ko abasezerewe ari: Callixte Ndagijimana, Gakayire Raymond na Kayitankore Dieudonné. Tariki ya 11 Mutarama 2021 ni bwo Radio/TV1 yasezereye abandi banyamakuru batatu:…
Weasel uhigwa bukware na Polisi arazira umugore Sandra Teta
•
Umuvugizi wungirije wa Polisi mu Mujyi wa Kampala, Luke Owoyesigire, avuga ko babonye amakuru ko Douglas Mayanja (Weasel Manizo) yakubise umukozi we wo mu rugo amuziza ibibazo yari afitaanye n’umugore we w’Umunyarwandakazi, Teta Sandra. Afande Owoyesigire avuga ko ” Weasel Manizo yakubise umukozi we, Kaweesi Cyrus kuko amusuzugurira umugore, Teta Sandra.” Kaweesi wakubiswe…
Ni iki gitera kubyara impanga? Ese hari icyo wakora ngo uzibyare? Dore ibisubizo kuri ibi bibazo
•
Ubusanzwe bizwi ko buri kwezi hakura intanga imwe y’umugore, iyo ihuye n’iy’umugabo, havuka umwana umwe. . Icyo wakora ukabyara impanga . Sobanukirwa uko bigenda ngo umuntu abyare impanga . Aho impanga zitandukanira n’uko bigenda ngo umuntu azibyare . Wabigenza ute ngo ubyare impanga? Nyamara bitewe n’impamvu tugiye kubona hano hepfo, hari igihe…
Ingabo z’u Rwanda n’iza Mozambike zagabye igitero gikomeye ku nyeshyamba mu gace ka Mbau
•
Ingabo z’u Rwanda zifatanyije n’iza Mozambique bagabye igitero gikomeye ku barwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba ugendera ku matwara y’Idini ya Islam bo mu Ntara ya Cabo Delgado, bahungiye mu mashyamba y’ahitwa Mbau nyuma yo kwamburwa ibirindiro byabo bikuru. Ibyumweru bibiri bishize byabaye iby’urugamba rukomeye kuri abo barwanyi dore ko aribwo batsimbuwe mu birindiro…
Rayon Sports: Sadate Munyakazi yongeye kunga ubumwe n’itsinda ryamuhagurukije ku ntebe y’ubuyobozi nyuma y’imyaka barebana ay’ingwe
•
Nyuma y’igihe gisaga umwaka, uwahoze ayobora Rayon Sports, Bwana Sadate Munyakazi adacana uwaka n’itsinda ry’abahoze bamurwanya ari ku ntebe y’ubuyobozi ndetse banasize bayimukuyeho, bashyize ku ruhande ibyabatanyaga bunga ubumwe, biyemeza gusenyera umugozi umwe bubaka Rayon Sports itajegajega. . Abahoze bayoboye ikipe ya Rayon Sports biyunze . Sadate Munyakazi n’abo bahoze bahanganye biyunze kugirango…