Tangira umunsi wawe n’amakuru agezweho

Tukugezaho amakuru agezweho yo hirya no hino ku isi, akazi kasohotse ndetse n’amazu, ibibanza ndetse n’imodoka bigurishwa make.

  • Zambia: Perezida Lungu yatinzwe amatora yegukanwe na Hichilema

    Komisiyo y’amatora ya Zambia yemeje ko amatora ya perezida yo mu cyumweru gishize uwayatsinze ari umukandida w’abatavugarumwe n’ubutegetsi Hakainde Hichilema.   . Hichilema yatsinze amatora muri Zambia . Perezida Lungu wa Zambiya yatsinzwe amatora . Zambia yabonye Perezida mushya bwana Hichilema   Bwana Hichilema yatsinze mukeba we ukomeye, perezida ucyuye igihe Edgar Lungu, amurushije amajwi…

  • Ibyo wamenya kuri Gen. Kabandana uyoboye ingabo z’u Rwanda muri Mozambique

    Guhora maso, kutajenjeka, ikinyabupfura no kugira dipolomasi, ngo ni amwe mu magambo meza wakoresha usobanura Maj. Gen. Innocent Kabandana, uyoboye ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu Ntara ya Cabo Delgado, mu majyaruguru ya Mozambique kurwanya ibyihebe byari bimaze imyaka itanu byarigaruriye iyi ntara. Uyu musirikare wahoze ari umuyobozi w’Ishuri Rikuru rya Gisirikare ry’u Rwanda, afatanyije…

  • Umukobwa yibye telefoni ihenze ya nyirabuja kugira ngo ashimishe umukunzi we

    Umukobwa witwa Rebecca Isiche Elumbe ukomoka mu gihugu cya Kenya,yakoze amahano yiba ibintu by’agaciro birimo na telefoni bya nyirabuja arangije abijyana ku mukunzi we kugira ngo amushimishe.   Uyu mukobwa wakoraga mu rugo muri Kenya,yacunze abakoresha batari mu rugo niko kubiba karahava kugeza no kuri Telefoni ya nyirabuja.   Mu byo yibye harimo imikufi…

  • Lionel Messi watunguriwe i Paris yahaye isererano rikomeye abafana ba PSG

    Abafana ba FC Barcelona bakiranye urugwiro Lionel Messi biramurenga niko kubabwira ko icyumweru kimwe amaze i Paris kidasanzwe ku buzima bwe ndetse atazigera acyibagirwa.   . Liionel Messi yahaye isezerano rikomeye abafana ba PSG  . Messi yatunguwe n’ukuntu yakiriwe i Paris   Mu ijoro ryakeye nibwo abafana ba PSG bari babukereye baje kwakira abakinnyi…

  • Abataliban bageze i Kabul, Perezida Ghani akizwa n’amaguru

    Hari amakuru avuga ko Perezida wa Afghanistan, Ashraf Ghani yahunze igihugu, mu gihe aba Taliban bageze i Kabul.   . Perezida wa Afganistan yahunze . Abatalibani bamaze gufata umurwa mukuru Kabul   Ibiro ntaramakuru Reuters bisubiramo amagambo y’umutegetsi wo hejuru muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu avuga ko yerekeje mu gihugu cya Tajikistan bahana imbibi. Umuvugizi…

  • Tanzania: Umuyobozi ukomeye yananiwe kuvuga mu nama nyuma yo gukingirwa Covid-19

    Komiseri w’Ubuzima n’Ibidukikije mu Kigo cy’Uburezi muri Tanzania (TAHLISO), Sospeter Mosewe Bulugu, yageze mu nama mu ntangiriro z’iki cyumweru ananirwa kuvuga nyuma yo guterwa urukiko rwa Covid-19.   Kuwa 12 Kanama, Bulugu yari yabay iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga, bamwe bibaza uko yageze mu nama kuvuga bikanga nyuma yo gukingirwa. Mu mpamvu zakekwaga zaba…