Aba ni bo basirikare 5 bahawe ipeti rya General Full(ipeti riruta ayandi) kuva u Rwanda rwabona ubwigenge kugeza ubu
•
Iteka rya Perezida Nº 044/01 ryo ku wa 14 Gashyantare 2020 rishyiraho sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda, rishyira ipeti rya General (Full) mu kiciro cy’amapeti y’Abofisiye Jenerali (General Officers), rikaruta ayandi yose aba mu ngabo z’u Rwanda. . Aba General Full babayeho mu Rwanda nyuma y’ubwigenge . Kuva u Rwanda rwabona ubwigenge rwabonye…
Perezida Kagame yababajwe cyane no gutsindwa uruhenu kwa Arsenal mu mukino wa mbere wa Shampiyona ayigenera ubutumwa bukomeye
•
Mu mukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona wabimburiye iyindi,ikipe ya Arsenal iri ku rwego rwo hasi cyane yatsinzwe na Brentford ibitego 2-0 imbere y’abafana bari bagarutse kuri Stade nyuma y’igihe Covid-19 yaratumye stade zifungwa. . Perezida Kagame yageneye ubutumwa ikipe ya Arsenal nyuma yo gutsindwa na Brentford. . Gutsindwa kwa Arsenal kwababaje benshi…
Ubuki buvura indwara nyinshi kandi zitandukanye bukanongera akanyabugabo ku bubaka urugo. Dore uko bukoreshwa n’ibyo ugomba kwitondera
•
Ubuki kuva kera bwagiye bukoreshwa mu kuvura indwara zitandukanye. Hano tugiye kureba zimwe mu ndwara zivurwa na bwo cg zirindwa na bwo. . Akamaro k’ubuki mu kuvura no kurinda indwara . Ubuki buvura indwara nk’inkorora, ikirungurira, ibikomere byo mu gifu, Ubugendakanwa.. . Ubuki bwongera akanyabugabo bukanafasha umugabo gutinda igihe yubaka urugo . Ubuki…
Dore bimwe mu biranga telefoni yinjiriwe n’ibisambo n’icyo wakora ngo ubihagarike
•
Abantu bakoresha telefoni zigezweho bakomeje guhura n’ibibazo bitandukanye by’umwihariko bituruka kuri iyi si yabaye nk’umudugudu. Hanze aha hari abantu babigize umwuga rwose bakomeje kwinjirira telefoni z’abantu bakabiba. Aba ba ‘Hackers’ bakora ibi kubera ko bazi neza ko abantu basigaye bakoresha telefoni zabo muri buri kimwe. . Ibimenyetso biranga telefone yatewe n’ibisambo . Telefoni…
Umukobwa ufite amabere 4, 2 imbere na 2 inyuma yakoze ubukwe butangaje – AMAFOTO
•
Umukobwa umeze nk’utangaje kubera uburyo afite amabere 4, imbere mu gatuza abiri nk’ibisanzwe n’inyuma mu mugongo abiri, yakoze ubukwe maze amafoto ye yamamara hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga. Mu bitangazamakuru bitandukanye, inkuru ivuga ko umugore wo muri Ghana yagaragaye mu bukwe afite amabere 4 yigaragaza kuko yari yambaye imyenda ibyerekana neza, igaragaza…
Dore icyatumye Lionel Messi yanga nimero 10 yari yemerewe na Neymar agahitamo nimero 30
•
Ubwo Messi yari mu biganiro na PSG, Neymar yemeye ko naza azamuha nimero asanzwe yambara ari 10 kuko ari yo yari asanzwe akoresha muri FC Barcelone ndetse ikaba yanditse no ku ndege ye. Gusa byatunguye abantu kuko Messi yayanze yifatira nimero 30. . Impamvu yatumye Lionel Messi ahitamo kwambara nimero 30 yamenyekanye .…