Dore amagambo 3 wabwira umusore mukundana agatuma umubura burundu
•
Ubwonko bw’abagabo, ntabwo bugorana mu kumva ibintu nk’uko benshi babitekereza. Niba agukunda uzasanga ari wa muntu utuje kandi ugira gutekereza cyane. Nta n’ubwo uzamwumva ari kugusaba ibintu bitandukanye. Ntabwo azijandika mu bintu bishobora gutuma akubura. Gusa na none iki kiba ikibazo kuko abahungu cyangwa abagabo abenshi ntabwo bakunda kugaragaza icyo bakeneye ku bo…
Abayisenga wishe Padiri mu Bufaransa yaba yarahoze muri polisi y’u Rwanda. Byinshi kuri we
•
Umwaka umwe nyuma yo kwemera ko yatwitse Katederali, nyuma y’uko kandi tariki 29 z’ukwezi gushize avuye mu bitaro by’indwara zo mu mutwe, ku wa mbere yishyikirije polisi yemera ko amaze kwica Padiri Olivier Maire. Ikinyamakuru La Croix cya Kiliziya Gatolika kivuga ko abazi Emmanuel Abayisenga bavuga ko ari umugabo ufite ibibazo mu buzima…
Lionel Messi mu mwambaro wa PSG wanditseho Visit Rwanda. Numero azajya yambara nayo yamenyekanye – AMAFOTO
•
Ikipe ya Paris Saint-Germain ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, yatangaje Umunya-Argentine Lionel Messi nk’umukinnyi wayo mushya. Messi ufatwa na benshi nk’umukinnyi wa mbere wa ruhago ku Isi yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri iyi kipe isanzwe ari umufatanyabikorwa w’u Rwanda mu kwamamaza ubukerarugendo bwarwo. Yasinye nyuma yo kugera i Paris aho yakiriwe n’ibihumbi by’abafana ba…
Ubushinwa: Umunyakanada Yakatiwe gufungwa imyaka 15 ajuriye akatirwa urupfu
•
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ubutabera bwo mu Bushinwa bwakatiye igihano cy’urupfu Umunyakanada, Robert Lloyd Schellenberg bwari bukurikiranyeho icyaha cyo gucuruza ibiyobyabwenge. Iyi akaba ari indi dosiye y’ubutabera yiyongera ku zindi zikomeje kuzana igitotsi mu mibanire hagati y’u Bushinwa na Canada. Urukiko rw’ubutabera rwa Dalian, mu burasirazuba bw’u Bushinwa nirwo rwemeje bidasubirwaho…
Lionel Messi yamaze kwerekeza muri PSG aho Yakiriwe nk’umwami w’abami – AMAFOTO
•
Ntabwo bikiri inkuru,umunyabigwi,Lionel Messi,yamaze kugera mu mujyi wa Paris aho yagiye gusinya amasezerano y’imyaka 2 akinira ikipe ya Paris Saint Germain ikomeye kurusha izindi zose mu Bufaransa. . Lionel Messi yakiriwe nk’imwami w’abami i Paris . Messi n’umuryango we bageze i Paris aho agiye gusinyira ikipe ya Paris Saint Germain Lionel Messi bidasubirwaho…
Ibifaru by’intambara bigezweho kandi biteye ubwoba ku rugamba bikoreshwa muri iki gihe – AMAFOTO
•
Hano hari ibimodoka byinshi by’intambara by’imitamenwa bizwi nk’ibifaru biri mu kazi muri iki gihe, ariko bigomba guhora bivugururwa kugirango bijyane n’igihe. T-14 Armata – U Burusiya T-14 Armata ni ubwoko bw’ibifaru bigezweho by’igisekuru cya kane, akaba ari ubwoko bikekwa ko bushobora kuba ari nabwo bwa mbere kabuhariwe ku ntambara kugeza ubu. Igifaru cya T-14…