Nzategereze anyerekwe? Shaddyboo yasubije Israel Mbonyi uherutse kugira inama abahungu b’abarokore yo kwiga gutereta bakava mu iterabwoba
•
Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddyboo ku mbuga nkoranyambaga yasubije umuramyi Israel Mbonyi uherutse kugira inama abahungu b’abarokore akabasaba kwiga gutereta bakava mu iterabwoba ryo kuvuga ngo Imana yavuze cyangwa ngo bategereje icyo izavuga. Umuhanzi uririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi uri kugaragaza gukoresha cyane imbuga nkoranyambaga muri iyi minsi by’umwihariko…
Abasore gusa: Dore ibintu 11 umukobwa uhamye azagusaba mu rukundo! Kora ibi bintu ubundi wegukane umwiza wihebeye
•
Ikintu cy’ingenzi ukeneye kumenya ku mukobwa ushikamye kandi wihagazeho, ni uko iteka azahora azi agaciro ke. Uyu ni wa mukobwa udashukika byoroshye. . Icyo wakora ukegukana uwo ukunda . Ibi byagufasha gutuma umukobwa ukunda akwihebera . Umukobwa uhamye arangwa n’ibi bikurikira Nta n’ubwo azajya mu rukundo n’umuntu ataragenzura neza cyangwa umuhungu utamwitaho mu buzima…
Uko wakwivura ibiheri byo mu maso cyangwa ibishishi mu buryo bwihuse ukoresheje tungurusumu
•
Abanyarwanda babivuze ukuri ngo ijoro ribara uwariraye! Niba uhura n’ikibazo cyo gusesa ibiheri umunsi ku munsi uzi ipfunwe bitera kuko cyane cyane bikunze kuza hari nk’igikorwa kidasanzwe uteganya nk’ikirori runaka cyangwa ibazwa ry’akazi. . Uko wakwivura indwara y’ibishishi cyangwa ibiheri byo mu maso . Akamaro ka Tungurusumu ku ruhu rw’umuntu . Uko wakoresha tungurusumu…
Ibi ni byo bintu 6 byakugaragariza ko uzasazana n’umukunzi wawe
•
Mwaremewe gusazana, kubera ko ibintu biranga umubano mwiza murabyujuje. Ibi bintu tugiye kugarukaho birakwereka ko wowe n’uwo mukundana muri mu nzira nziza ndetse urukundo rwanyu rwubakiye ahazima. . Ibimenyetso byakwereka ko uzasazana n’umukunzi wawe . Uko wamenya niba uzarambana n’uwo ukunda Wagiye ubona abantu benshi bahuye n’ibizazane mu rukundo rwabo, bagahura n’ibigeragezo,…
Hari gukorwa indege z’indwanyi z’igisekuru cya 6 zizaba zimeze nk’iz’ibivejuru – Amafoto
•
Indege z’indwanyi z’igisekuru cya gatandatu ibihugu bitandukanye byatangiye imishinga yazo ni icyiciro cy’indege z’intambara zizaba ziteye imbere kurusha iz’igisekuru cya gatanu ziriho ubu. . Indege z’indwanyi ziteye imbere kurusha izinda ku isi . Indege z’igisekuru cya 6 . Indege z’indwanyi za Leta zunze Ubumwe za Amerika(USA) . Indege z’indwanyi z’Uburusiya(USA) . Indege z’indwanyi z’Ubushinwa…
Rusizi: Umubyeyi yagiye gutabara umwana we wari urohamye mu mugezi nawe agwamo arapfa
•
Mu mudugudu wa Cyimbogo, akagari ka Karangiro mu murenge wa Nyakarenzo, akarere ka Nyamasheke haravugwa inkuru ibabaje cyane y’urupfu rutunguranye rw’umusore w’imyaka 14 y’amavuko witwaga Niyogushimwa Jean Claude wigaga mu wa 5 w’amashuri abanza ku ishuri ribanza rya Karangiro mu murenge wa Nyakarenzo, na se witwaga Niyibizi Vincent w’imyaka 56, bombi barohamye mu mugezi…