-
Amashuri yo mu byiciro bitandukanye yahawe igihe cyo gutangiriraho
•
Nyuma yo gukura Umujyi wa Kigali n’uturere 8 muri Guma mu rugo,MINEDUC yahise itangaza ko amashuri y’inshuke n’icyiciro cya mbere cy’amashuri abanza azatangira igihembwe cya 3 tariki ya 2 Kanama. Amashuri makuru azakomeza akore nk’ibisanzwe. Ayo mu Mujyi wa Kigali no mu tundi turere 8 azafungura tariki 9 Kanama. Itangazo Minisiteri y’Uburezi…
-
Abakobwa: Sobanukirwa byinshi ku byo wibaza bijyanye n’uburumbuke(igihe uba ushobora gutwita) ndetse n’uko wabara iyo minsi ukayimenya neza
•
Iki kibazo kijya cyibazwaho na benshi igisubizo cyacyo kirahari kandi nukurikira neza iyi nkuru uzamenya uko wabara neza ukamenya iminsi yawe y’uburumbuke. Reka dutangire iyi nkuru dusubiza ibibazo by’amatsiko abantu benshi bajya bibaza, nyuma yaho niho turi burebere hamwe uko wabara ukwezi k’umugore cyangwa umukobwa. Ese igihe cy’uburumbuke ni iki? Igihe cy’uburumbuke…
-
King James, Shaddyboo, K8 Kavuyo na bagenzi babo bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19 bahishuye icyari cyabajyanye i Rutsiro n’uko umugambi wanogejwe
•
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yafashe abantu umunani barimo Ruhumuliza James uzwi nka King James Muhire William uzwi nka K8 Kavuyo, Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo n’abandi barimo abanyamideli batandukanye barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19. Shaddyboo ni umwe mu byamamare u Rwanda rufite ari nayo mpamvu abahanzi batandukanye bakunda kumwiyambaza bitewe n’uko…
-
Umukinnyi wa Filime Mukarujanga yibarutse umukobwa
•
Umukinnyi wa Filime uzwi nka Mukarujanga yibarutse ubuheta akaba umwana wa kabiri nawe w’umukobwa. Umukinnyi w’amafilime wamenyekanye nka Mukarujanga, yibarutse umwana w’umukobwa kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Nyakanga 2021 akaba yabyariye mu bitaro bikuru bya Kigali bizwi ku izina rya CHUK, kugeza ubu amakuru atugeraho akaba ari uko bameze neza nta kibazo.…
-
MINEDUC igiye guhana ba banyeshuri bagaragaye bishwanyagurijeho imyenda n’abatwitse amakayi yabo nyuma yo kurangiza ibizami
•
Minisitiri w’Uburezi,Dr.Valentine Uwamariya yatangaje ko bababajwe n’imyitwarire y’abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye bakagaragara batwika amakayi bigiyemo abandi bakishwanyagurizaho imyenda y’ishuri. Ku mbuga Nkoranyambaga hiriwe amashusho n’amafoto y’abanyeshuri barangije ibizamini bya leta mu minsi ishize hanyuma bashwanyaguza imyenda yabo abandi bacagagura amakayi bavuga ko ishuri barisezeye. Minisitiri w’Uburezi yabwiye RBA ko bababajwe n’imyitwarire igayitse…
-
King James na Shaddy Boo bafatiwe I Rutsiro barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
•
Umuhanzi Ruhumuriza James uzwi nka King James na Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo n’abandi bantu 8 bari kumwe, bafatiwe mu karere ka Rutsiro barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID19. Bafashwe kuri uyu wa Kane tariki 29 Nyakanga 2021 bari mu Karere ka Rutsiro mu Murenge wa Boneza. Bavuga ko bari bagiye muri…