-
Igits1ina cy’umugabo ni Antene y’umutima we. Wari uzi ko kubura ubushake bw’akabariro bifite aho bihuriye n’indwara y’umutima – UBUSHAKASHATSI
•
Umuholandi w’impuguke mu buvuzi bw’umutima, Dr. Janneke Wittekoek, yagaragaje ko hari ibimenyetso byo kurwara umutima abagabo bagira ariko ntibabyiteho, birimo n’ubushake buke bwo gutera akabariro. Yavuze ko icyo kimenyetso gishobora kugaragara mbere y’imyaka itatu ngo umugabo arware umutima. Impamvu itera abagabo kutita cyane ku bimenyetso bigaragaza ko bashobora kurwara umutima, ni imiterere yabo karemano…
-
FARDC n’abo bafatanyije bagabye igitero gikomeye kuri AFC/M23 cyasize isomo rikomeye
•
Mu gitondo cyo ku wa mbere tariki ya 21 Mata 2025, ahagana saa mbili, hatangiye imirwano ikaze hagati y’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ririmo M23 na Twirwaneho, mu gace ka Nyangenzi. Imirwano yakomeje kugeza saa moya n’igice z’ijoro, ivugwa nk’imwe mu ikaze…
-
Umunyarwanda Cardinal Antoine Kambanda ashobora kuba Papa wa mbere w’umwirabura
•
Mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki ya 21 Mata 2025, isi yose yatunguwe n’inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Nyirubutungane Papa Francis, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, wapfuye afite imyaka 88 y’amavuko. Inkuru yatangajwe na Vatican yahise ikwirakwira ku isi hose, ikurikirwa n’amarira, amasengesho, n’icyubahiro gikomeye cyatangwaga kuri uyu muyobozi wagaragaje urukundo, ubutwari…
-
Ingabo za SADC byari byitezwe ko zigomba gutaha zinyuze mu Rwanda zongeye kugoterwa mu bigo byazo n’ingabo za AFC/M23 nyuma y’ikosa rikomeye zakoze
•
Mu masaha ya nyuma yo ku wa 11 Mata 2025, igice cy’ingabo za SADC (Southern African Development Community) zari zoherejwe mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) cyari mu nzira yo gusubira iwabo. Nyamara ibintu byafashe indi ntera ubwo icyemezo kimwe cyafashwe nabi cyateje igisa n’isanganya rikomeye mu mateka y’iyi ntambara…
-
Urupfu rwa Nadine Bukuru wishwe abanje gufungwa nyuma yo kubyara umwana utagejeje igihe rwashenguye imitima ya benshi
•
Umujyi wa Gitega wakanguwe n’inkuru ibabaje y’umugore witwa Nadine Bukuru, uherutse kubyara inda itagejeje igihe ku bitaro bikuru bya Gitega, akaba yaraburiwe irengero nyuma yo kubyara, hanyuma umurambo we uza gusangwa mu mugezi wa Ruvyironza, mu murenge wa Giheta mu gihugu cy’u Burundi. Ku wa Kane tariki 17 Mata 2025, ahagana saa tatu n’igice…
-
Coatch Gael yaciye amarenga yo kuva mu muziki. Kuki abagerageje gushora mu muziki nyarwanda bose bababwa?
•
Nyuma y’imyaka itarenga itanu ari mu muziki, Coach Gael yatunguye benshi ubwo yatangazaga ko agiye guhagarika gushyira amafaranga ye mu bikorwa bifasha abandi ariko ntibimwungukire. Uyu mugabo yabitangarije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga, yerekana ko yicuza cyane kuba yaragiye yitanga afasha abandi, yibagirwa ubwe kandi nta nyungu abivanyemo. Yagize ati: “Nakoresheje amafaranga menshi, nafashije abantu…