-
Guma mu rugo yashyizweho mu mugi wa Kigali no mu turere 8 yongerewe igihe
•
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kubera ubwiyongere bwa Covid-19 mu Rwanda,Guma mu rugo yashyizwe mu mujyi wa Kigali n’utundi turere 8 yongereweho iminsi 5. Ingamba ziheruka zari zafashwe kuwa 17 Nyakanga zigomba kumara iminsi icumi mu mujyi wa Kigali no mu Turere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rwamagana na Rutsiro. …
-
Apotre Gitwaza yahanuye ibintu bikomeye bigiye kuba ku mugabane wa Afurika
•
Apôtre Dr Paul Gitwaza uyoboye Zion Temple Celebration Center ubwo yari mu giterane cya Afurika Haguruka tariki ya 18 Nyakanga 2021, yahanuye ko umugabane wa Afurika uzaba igihugu kimwe kizitwa Leta Zunze Ubumwe za Afurika, ndetse ikazajya igikoresha ururimi rumwe; Igiswahili. Ubu ni bumwe mu buhanuzi burindwi (bwumvikana muri videwo dukesha Ibyamamare) Apôtre Gitwaza…
-
Umugabo yatawe muri yombi ashubije umukozi we wo mu rugo iwabo kuko yanduye Covid-19
•
Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa 24 Nyakanga 2021 yafatiye mu Karere ka Nyanza umugabo wari utwaye umukozi wo mu rugo mu modoka, amusubije iwabo kuko ngo yanduye icyorezo cya Covid-19. Uyu mugabo wari wipfutse mu isura no ku mubiri hose kugira ngo atandura iki cyorezo, ubwo yerekwaga itangazamakuru yasobanuye ko impamvu yabikoze ari…
-
RDF yifashe ku bijyanye n’imibare y’abaguye mu irasana ryayihuje n’inyeshyamba muri Mozambique
•
Igisirikare cy’ u Rwanda, Rwanda Defence Forces (RDF), cyemeje ko koko cyahanganye n’inyeshyamba muri Mozambique gusa cyirinze kuvuga ku mibare y’abaguye muri iyo mirwano. Kuwa 9 na 10 Nyakanga u Rwanda rwohereje abasirikare bagera ku gihumbi kugira ngo bahashye inyeshyamba zazonze Intara ya Cabo Delgado. Bimwe mu binyamakuru byavuze ko abasirikare ba RDF…
-
Sobanukirwa uko kudahuza ubwoko bw’amaraso bishobora gutuma abashakanye babura urubyaro burundu n’icyo wakwitondera mbere yo gushaka
•
Mu turemangingo dufasha mu bwirinzi, habonekamo utwo mu bwoko bwa poroteyine tuzwi nka D (D antigen). Utwo rero nitwo twahawe izina rya Rhesus bitewe n’uko uwatuvumbuye bwa mbere yatuvumbuye mu maraso y’inguge yo mu bwoko bwa Rhesus (rhesus macaque) iyi nguge ikaba kandi yarifashishijwe mu gukora urukingo rw’ibisazi by’imbwa, imbasa, imiti igabanya ubukana bw’agakoko…
-
Tangawizi wongeyeho indimu ni icyayi cyiza kivura kikanarinda indwara nyinshi. Uko gitegurwa
•
Icyayi cya tangawizi n’indimu kizwiho kongerera umubiri ingufu, kongera ubudahangarwa bw’umubiri ndetse no gufasha mu mikorere inyuranye y’umubiri. Uruvange rwabyo rero twakita icyayi cya tangawizi n’indimu rukomatanya ibyiza bya buri kimwe nuko urwo ruvange rukaba ingenzi ku buzima bwacu bwa buri munsi. Ni gute icyayi cya tangawizi n’indimu gikorwa? Nyuma yo…