-
Uwahoze ari umunetsi muri FBI ufatwa nk’uwayikoreye ari muto kurusha abandi yareze uru rwego arusaba miliyoni 100 z’amadorari
•
Ibikorwa bye byakinwemo filimi muri Hollywood, none ubu inkuru y’uwari maneko wa FBI ariko akiri umwana yafashe indi ntera. Richard Wershe Jr yatanze ikirego gisaba miliyoni $100 abakozi n’abashinjacyaha ba FBI, abarega guhohotera umwana bijyanye n’igihe yakoreye FBI ayiha amakuru. Wershe, ubu ufite imyaka 52, yamaze imyaka irenga 30 afunze nyuma yo…
-
Umunyezamu Kwizera Olivier yasezeye kuri ruhago ku myaka 27
•
Umunyezamu Kwizera Olivier wakiniye amakipe nka Rayon Sports,APR FC n’ikipe y’igihugu “Amavubi”yamaze gutangaza ko yasezeye ku mupira w’amaguru ku myaka 27 nyuma y’ibihe bibi yanyuzemo birimo no gutabwa muri yombi azira gukoresha ibiyobyabwenge. Kwizera uherutse guhamwa n’icyaha cyo kunywa ibiyobyabwenge bwo mu bwoko bw’urumogi agakatira igifungo cy’umwaka gisubitse,yabwiye Radio Flash ko yafashe umwanzuro…
-
Harmonize yasabye imbabazi umuzungukazi bahoze bakundana
•
Umuhanzi Rajab Abdul Kahali uri mu bakunzwe mu muziki wa Tanzania nka Harmonize, yifashishije indirimbo ‘Uno’ aheruka gusohora asaba imbabazi Sarah Michelotti, Umutaliyanikazi bahoze bakundana. Sarah na Harmonize bakundanye imyaka ine, mbere yo gushyira iherezo ku rukundo rwabo mu Ugushyingo 2020 bijyanye no kuba uriya mugore yarashinjaga uriya muhanzi kuba umubeshyi ndetse no kumuca…
-
Ibiribwa ukwiye kwibandaho mu mafunguro yawe muri iyi minsi Covid-19 yugarije isi kuko byongerera ubudahangarwa umubiri wawe
•
Iyo tuvuze abasirikare b’umubiri cyangwa ubudahangarwa tuba tuvuze insoro zera (globules blancs/white blood cells). Izi nsoro zera nizo zifasha umubiri wacu guhangana n’indwara zinyuranye cyane cyane iziterwa na mikorobi. Ubucye bwazo rero nibwo bushobora gutera umubiri wacu kwibasirwa n’indwara kuko ingufu zo guhangana ziba zagabanutse. Hano rero twabahitiyemo ibyo kurya 10 bya…
-
Burundi: Umuyobozi w’ishyaka UPRONA avuga ko Perezida ndayishimiye yatukishije igihugu ubwo yahaga ingoma mugenzi we wa Tanzania Samia Suhulu
•
Umuyobozi w’ishyaka UPRONA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi, Charles Nditije avuga ko Perezida Evariste Ndayishimiye yatukishije igihugu ubwo yahaga ingoma mugenzi we wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan. Perezida Ndayishimiye yatanze iyi mpano tariki ya 17 Nyakanga 2021 ubwo yari yasuwe na Perezida Samia mu ruzinduko bombi basinyiyemo amasezerano atandukanye y’ubufatanye bw’ibihugu byombi. Charles Nditije…
-
PSG irashaka kugurisha abakinnyi 9 bose kubera Kylian Mbappe
•
Ikipe ya PSG imaze kwiyubaka kurusha izindi zose ku mugabane w’I Burayi, iritegura kugurisha abakinnyi 9 kugira ngo ibone amafaranga yo kwishyura Kylian Mbappe usigaje umwaka umwe w’amasezerano kugira ngo ayongere. PSG yaguze abarimo Wijnardum,Ramos,Hakimi na Donnaruma,yamaze gufata umwanzuro wo kugurisha aba bakinnyi kugira ngo yikureho umushahara wabo iwongere Kylian Mbappe ndetse amafaranga…