-
Umumotari yatunguye uwo yatwaraga buri munsi muri ibi bihe bya Guma mu Rugo kuko yari atamuherutse
•
Umumotari utamenyekanye amazina yatunguye umukiliya we witwa Mwiza Sophy, uzwi cyane kuri Twitter muri Uganda, amujyanira ibyo kurya kuko yari amaze iminsi atamubona ngo amutware nk’ibisanzwe. Mwiza ni we watangaje ibyabaye kuri Twitter, avuga ko umumotari yamutunguye nyuma y’ibyumweru bitari bike Guma mu Rugo, itangiye. Uyu mukobwa avuga ko “Maze igihe ntakora, mbona…
-
Basketball: Kapiteni w’Amavubi y’abagore akomeje guca ibintu nyuma y’uko yambitswe impeta n’uwo bahuje igitsina
•
Kapiteni w’ikipe y’u Rwanda y’abagore ikina Basketball, Tierra Monay Henderson aherutse kwambikwa impeta n’umukunzi we w’umukobwa witwa Amanda Thompson wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA). Iyi nkuru Kapiteni Monay yayitangarije ku rubuga rwa Instagram tariki ya 21 Gicurasi 2021 ubwo yari muri USA, ashyiraho amafoto arimo igaragaza Amanda amuterera ivi n’imugaragaza asa…
-
Polisi y’u Rwanda yifashishije Drake ikangurira kutadohoka ku mabwiriza yo kurwanya Covid-19
•
Police y’u Rwanda yifashishije amafoto abiri y’umuraperi w’Umunya-Canada, Drake mu gukangurira buri wese kutadohoka ku mabwiriza agamije kwirinda icyorezo cya Covid-19 cyakajije umurego mu Rwanda kuva muri Kamena 2021. Kuri uyu wa Mbere tariki 19 Nyakanga 2021, Polisi y’u Rwanda yashyize kuri Twitter ubutumwa bwo kurwanya Covid-19 yifashishije amafoto abiri y’umuraperi ukomeye ku…
-
Nigeria: Abajura bahanuye indege y’igisirikare mu buryo bw’imbonekarimwe
•
Abajura bo muri Nigeria bahanuye indege y’igisirikare cy’iki gihugu kirwanira mu kirere, mu buryo bw’imbonekarimwe aho indege ya gisirikare ihanuwe n’itsinda ry’abajura. Igisirikare cya Nigeria kirwanira mu kirere cyavuze ko umupilote w’iyo ndege yari amaze gusoza igitero ku bashimusi ubwo yatangiraga kuraswaho muri iyo ndege. Liyetona Abayomi Dairo yaturumbutse mu ndege akoresha…
-
U Rwanda rurashinjwa kumviriza telefoni z’abantu hifashishijwe ikoranabuhanga rya Pegasus ibirego u Rwanda ruhahakana rwivuye inyuma. Bamwe mu bavugwa harimo Mende wo muri RDC ndetse na Carine Rusesabagina
•
Nyuma y’amakuru yasakaye hirya no hino kuri uyu wa Mbere ashinja ikigo cyo muri Israel, NSO Group gukoresha software yacyo ya Pegasus mu kwinjira no kuneka ibivugirwa kuri telephone z’abantu mu bihugu bitandukanye birimo n’u Rwanda, ikigo OCCRP (Organized Crime and Corruption Reporting Project) nacyo cyashinje u Rwanda gukoresha iyi software mu kumviriza Abanyekongo…
-
Rayon Sports yasinyanye amasezerano y’imyaka 5 na Raja Casablanca yo muri Maroc
•
Ikipe ya Rayon Sports yashyize hanze itangazo rigaragaza amasezerano y’imyaka itanu yagiranye n’ikipe y’ikigugu ya Raja Club Athletics Casablanca yo muri Maroc isanzwe ari ubukombe ku mugabane w’Afurika. Aya masezerano azatuma aya makipe akunze kurusha ayandi yose yo mu bihugu byayo asangira ubunararibonye,atizanya abakinnyi,ubumenyi ndetse n’ibikoresho bitandukanye,gufashanya kuzamura abakinnyi bato,kugurishanya abakinnyi,gukinana imikino ya…