-
Gianluigi Donnarumma yahishuye impamvu itangaje atishimiye gukuramo penaliti ya Saka yahesheje intsinzi Ubutariyani
•
Umunyezamu Gianluigi Donnarumma wabaye umukinnyi w’irushanwa rya EURO 2020 yavuze ko nyuma yo gukuramo penaliti ya Bukayo Saka atigeze yishima kubera ko atari azi ko batsinze. Gianluigi Donnarumma yavuze ko ubwo yari akuyemo iyi penaliti y’intsinzi,yari aziko bakomeza gutera izindi,gusa atungurwa no kubona bagenzi be bamusanga baza kwishimira intsinzi. Gianluigi Donnarumma yari yashimwe na…
-
Tiffah umukobwa wa Diamond yari agiye kumena ibanga ry’urukundo rwa Diamond na Zari muri iki gihe
•
Zari Hassan ntabwo yaretse umukobwa we yabyaranye na Diamond, Tiffah arangiza kuvuga iby’urukundo rwe na Diamond, aho yahise amuca mu ijambo avuga ko ari akabeshyi k’akana. Uyu mugore wibera muri Afurika y’Epfo, yashyize kuri Instagram y’uyu mwana amashusho atandukanye ye arimo amubwira ngo agire icyo abwira abamukurikira. Mu gace kamwe, mu magambo ye uyu…
-
Dore akayabo Manishimwe Djabel yahawe na APR FC kugirango yongere amasezerano
•
Umukinnyi Djabel Manishimwe ukina inyuma y’aba rutahizamu, yasinye amasezerano y’imyaka 4 muri APR FC ariko ahabwa akayabo k’amafaranga adahabwa buri wese mu Rwanda. . Manishimwe Djabel yongereye amasezerano muri APR FC . Djabel yahawe amafaranga atahabwa umukinnyi uwo ari we wese mu Rwanda Amakuru atugeraho avuga ko Djabel Manishimwe wari umaze imyaka 2…
-
Minisitiri W’Ingabo Muri Afurika Y’Epfo Yatangaje Ko Ari Ikibazo Kuba Ingabo Z’u Rwanda Zatanze Iza SADC Muri Mozambique
•
Minisitiri w’Ingabo wa Afurika y’Epfo, Nosiviwe Mapisa-Nqakula ko ari ikibazo kuba ingabo z’u Rwanda zageze muri Mozambique mbere y’iz’umuryango w’ibihugu biri mu majyepfo ya Afurika, SADC. Minisitiri Mapisa-Nqakula yabitangarije mu kiganiro yagiriye kuri SABC News tariki ya 10 Nyakanga 2021, hashize amasaha make u Rwanda rutangiye kohereza abasirikare n’abapolisi mu butumwa bw’amahoro mu ntara…
-
Ni nde uzishyura ikiguzi cy’ibyo ingabo za RDF zoherejwe muri Mozambique zizakoresha? U Rwanda rubifitemo izihe nyungu? RDF irabisobanura
•
Umuvigizi wa RDF, Col Ronald Rwivanga, yamaze impungenge abibaza ugomba kwishyura ikiguzi cy’ibyo ingabo zoherejwe muri Mozambique zizakenera, ashimangira ko ari ngombwa ko ikibazo cy’iterabwoba kiri muri Mozambique gifatiranwa hakiri kare kuko ikiguzi cy’umutekano mucye ari cyo kinini kurusha icy’intambara yo kuwuhosha. Kuva ku wa Gatanu w’icyumweru gishize kugeza ku Cyumweru u Rwanda rwohereje…
-
APR FC yerekanye abakinnyi 6 imaze kugura ndetse na 3 yarekuye
•
Ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC igomba guhagararira u Rwanda mu mikino mpuzamahanga ya Afurika CAF Champions League igomba gutangira muri Nzeri yerekanye ku mugaragaro abakinnyi 6 yaguze n’abo yatandukanye nabo . APR FC yaguze abakinnyi 6 Ubuyobozi bw’iyi kipe y’ingabo z’igihugu bwaguze aba bakinnyi kubera ubusabe bw’abatoza b’iyi kipe basabye Abakinnyi bifuza…