Uzandongora? cyangwa ni ukunkoresha gusa? Zuchu yakije umuriro kuri Diamond
•
Mu gitaramo bakoreye i Pangani, umuhanzikazi Zuchu ku rubyiniro yabajije Diamond gahunda amufiteho niba afite gahunda yo kumushyira mu rugo cyangwa arimo amukoresha gusa. Mu ijoro ryakeye, mu gace ka Pangani gaherereye muri Tanga habereye igitaramo mbaturamugabo cyahuje abahanzi barimo Diamond Platnumz, Zuchu, Mbosso n’abandi batandukanye. Ubwo yarimo aririmbana na Diamond indirimbo yabo “Mtasubiri”,…
Inkomoko n’Igisobanuro cy’izina Kelia n’uko abaryitwa bitwara
•
Kelia ni izina ry’umukobwa rifite inkomoko muri Brazil no mu rurimi rw’Igiheburayo, rikaba risobanura ‘umurwa’ cyangwa se ‘umuntu uhuza imiryango.’ Mu migenzo ya Giheburayo, ijambo ‘umurwa/inyubako ndende’ ryakoreshwaga bashaka kuvuga igihome kinini kiri mu mujyi ukikijwe n’inkike. Iri zina ryakoreshejwe no muri Bibiliya rikunze guhabwa abana b’abakobwa, ryamamaye cyane kuva mu 2017 kugeza mu…
Dore ibyo ugomba kwirinda gukora mbere na nyuma yo gutera akabariro
•
Kubonana kw’abashakanye cyangwa abakundana kwiza ni kumwe kurangwa n’urukundo. Ibikorwa mbere na nyuma yo gutera akabariro bigira uruhare runini ku buzima bw’imyororokere yanyu, niyo mpamvu ukwiye kumenya ibyo ukwiye n’ibyo udakwiye gukora yaba mbere na nyuma yo kubonana n’urukundo rw’ubuzima bwawe. Ibiba ku buzima bwawe bigira ingaruka ku mitekerereze no ku buzima bwo mu…
Yigeze kwamburwa na Perezida w’Uburundi: Amateka ya Rujugiro watabarutse ku myaka 82
•
Tribert Rujugiro Ayabatwa wari mu baherwe ba mbere muri Afurika bakuye agatubutse mu Nganda z’Itabi, yitabye Imana ku myaka 82 akaba yaranyuze mu buzima butoroshye burimo kuriganywa utwe na Perezida w’u Burundi. Tribert Rujugiro Ayabatwa yari umunyenganda akanagira ibikorwa bindi by’ubushabitsi bishingiye ku mitungo itimukanwa, kompanyi yatangije ya Pan African Tobacco Group [PTG] ikaba…
Igikombe cy’Amahoro: Uko byari byifashe mu mukino wa mbere wa 1/2 Gasogi United yatsinzemo Police FC – Amafoto
•
kipe ya Police FC yatsinzwe na Gasogi United igitego 1-0 mu mukino ubanza wa 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro. Police FC yakiriye Gasogi United mu mukino ubanza wa kimwe cya kabiri mu gikombe cy’Amahoro mu mukino wabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri. Gasogi United yageze muri kimwe cya kabiri isezereye APR FC, naho Police…
EUFA Champions League: Paris Saint Germain ya Mbappe yakatishije itike ya 1/2 bigoranye
•
Ikipe ya Paris Saint-Germain yasubiranye inyuma FC Barcelona iyitsinda mu mukino wo kwishyura wa 1/4 cya UEFA Champions League iyitsindira ku kibuga cyayo Estadio Olimpico Lluis Companys ihita ikatisha itike ya 1/2. Uko umukino wagenze umunota ku munota: Muri 1/2 Paris Saint-Germain izacakirana na Borussia Dortmund nayo yasezereye Atletico Madrid Umukino urangiye Paris Saint-Germain…