Abasore: Ujya wandikira umukobwa akanga kugusubiza? Dore ibintu 3 by’ingenzi ukwiye kumenya
•
Kenshi abasore benshi bahura nibi aho ushobora kwandikira umukobwa runaka ushaka kumutereta bikarangira yanze no kugusubiza. Dore impamvu zibitera: Ashobora kwibagirwa: Iyi ni impamvu abasore batumva ariko hari ubwo umukobwa yanga kugusubiza bitewe nuko yabyibagiwe cyane ko nawe Ari umuntu kwibagirwa bibaho. Ashaka ko bikugora kumufatisha: Hari ubwo Kandi umukobwa yanga kugusubiza bitewe nuko…
Dore ibintu 4 bisenya urukundo n’urushako mu kanya nk’ako guhumbya
•
Hari ubwo ubona abantu bakundana, baganira neza ndetse banohererezanya amafoto n’anagambo meza ukagira ngo biba byikoze.Burya hari impamvu nyamukuru , ituma urukundo rwa babiri ruryoha, ariko baramuka bateshutse bikababana ikibazo. Mu rukundo habamo kugira ibyo abantu birinda kuko bishobora kwangiza urukundo rwabo habamo n’ibyo abo bantu baha umwanya bakabikora kuko ari ingenzi cyane muri…
Uwicyeza Pemella yakoze agashya akigera i Washington DC
•
Umunyarwandakazi wabaye Nyampinga w’u Rwanda akaba ari n’umugore wa The Ben yakoreye ibirori by’agatangaza i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe za Amerika. Ni mu gihe uyu mu gore yerekeje I Washington DC muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, asanzeyo umugabo we The Ben wamaze kugerayo aho bitariye RWANDA Day. Uwicyeza Pamela akigerayo yahise ahakorera…
Inter Miami ya Lionel Messi yakubitiwe muri Saudi Arabia na Al Hilal ya Neymar
•
Messi yanze kuviramaho! Inter Miami ya Lionel Messi yatsindiwe muri Saudi Arabia ibitego birenga bitatu. Ikipe ya Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ikinamo ibyamamare muri ruhago y’Isi birangajwe imbere na rutahizamu Lionel Messi, Suarez na Sergio Busquets bose bahoze bakinira ikipe ya FC Barcelona yaraye itsinzwe n’ikipe ya Al Hilal yo…
Mu Rwanda hari amakipe ahemba abasifuzi buri kwezi – Axel Rugangura
•
Umunyamakuru wa RBA, Rugangura Axel, yahishuye ko hari amakipe ahemba abasifuzi umushahara ku kwezi nk’imwe mu mpamvu ituma habaho imisifurire itavugwaho rumwe muri ruhago Nyarwanda. Nk’uko tubikesha Igihe, Rugangura yagize ati “Hari n’abasifuzi baba ku rutonde rw’abakozi bahembwa n’amakipe ‘payroll’ ku kwezi. Iyo amakipe akanze akanyenyeri, n’abasifuzi barakabona.” Axel yirinze kuvuga ikipe runaka ibikora,…
Manishimwe Djabel yirukanwe na USM Khenchela yakiniraga
•
Umukinnyi w’Umunyarwanda Manishimwe Djabel ari mu bakinnyi batatu batandukanye na USM Khenchela yo muri Algeria. Hari ku gicamunsi cyo ku wa gatandatu tariki ya 16/09/2023 nibwo Manishimwe Djabel yafashe indege yerekeza muri Algeria, mu gihe tariki ya 09/09/2023 nibwo yari uashyize umukono ku masezerano muri iyi kipe. Djabel yagiye muri USM Khenchela avuye muri…