President Museveni of Uganda has confirmed that he has a good chance of going to heaven
•
President Yoweri Kaguta Museveni of Uganda says that his chances of going to Heaven are high, because he has been good with Ugandans in particular and treated them as his own children. President Museveni said this while speaking to the media during his year-end speech held at the Presidency in Entebbe. He said, “My…
Gatsibo: Abana 3 bavukana bafashwe n’indwara z”amayobera. Umubyeyi wabo aratabaza
•
Umugabo utuye mu karere ka Gatsibo arasaba abagiraneza kumufasha akabasha kwivuza we n’abana be batatu barwaye indwara zamubereye amayobera . Umugabo witwa Mageza Esdras ufite imyaka 43 utuye mu Mudugudu wa Gakiri mu Kagari ka Bukomane mu Murenge wa Gitoki mu Karere ka Gatsibo, Intara y’Iburasirazuba,arasaba abagiraneza kumufasha bakamugoboka kugira ngo ashobore kwivuza no…
Meddy utitabiriye ubukwe bwa The Ben yahishuye impamvu yabimuteye
•
Kuva ku kujyana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu 2010 kugeza ku kuba indirimbo ‘My Vow’ yaciye agahigo yaranditswe na The Ben, ntawiyumvishakaga ukuntu Ngabo Medard Jorbet [Meddy] atagaragaye mu bukwe bw’inshuti ye, baruhanye igihe kinini! Bakuranye mu miziki nk’impanga! Ku buryo usanga umufana ukunda The Ben adakunda Meddy, ukunda Meddy adakunda The…
Nyuma y’imyaka 48 afunzwe yagizwe umwere
•
Inkuru ikomeje kugarukwaho cyane mu bitangazamakuru byo ku Isi, ni iy’umugabo w’imyaka 71 wagizwe umwere nyuma yo kumara imyaka 48, ukwezi kumwe ndetse n’iminsi 18 afunzwe azira ubusa. Amazina ye yitwa Glynn Simmons, ni umugabo w’umwirabura wamaze igihe kirekire cyane afunzwe mbere yo guhanagurwaho icyaha. Amakuru avuga ko mu mateka ya Amerika uyu mugabo…
The Ben yanyanyagijweho amafaranga asaga miliyoni 3RWF. Zimwe mu mpano zikomeye yahawe
•
Umuvugabutumwa wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Prophete Joshua Le Voyant yatunguranye mu bukwe bwa The Ben na Pamella abanyanyagizaho amafaranga arenga Miliyoni 1.5 Frw mu rwego rwo kwishimira intambwe yatewe n’aba bombi. Uyu mugabo wavuze mu rurimi rw’Igifaransa, yavuze ko asanzwe ari inshuti ya The Ben, biri mu byatumye ava muri…
Nyina wa Miss Pamella yahawe igihembo. Ibyamamare byitabiriye ubukwe bwa The Ben – AMAFOTO
•
Umubyeyi wibarutse Uwicyeza Pamella yahawe igikombe n’ababyeyi b’inshuti ze, bamushimira uburere n’indangagaciro yatoje umukobwa we warushinze n’umunyamuziki Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben mu ndirimbo zitsa ku rukundo. Yashyikijwe iki gikombe n’ababyeyi batatu bari bahagarariye abandi mu birori byiza byaranze ubukwe bwa The Ben na Pamella bwabaye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu…